Hashize imyaka 61 Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare Croix Rouge, utangiye gukorera mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki 08, Gicurasi, 2025 ubwo isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe uyu muryang...
*Nyamagabe ikennye kurusha ahandi *Kicukiro yavuye ku mwanya wa mbere mu bukire *Umunyarwanda yinjiza $1040 ku mwaka… Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwafatiye ku ...
Si mu bihugu byateye imbere gusa umubyibuho ukabije ugaragara nk’ikibazo kuko no mu bihugu bikize naho ari uko bimeze. Ni ikibazo kibasiye abagore bo mu mijyi kandi bize. Umubyibuho ukabije akenshi uz...
Guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 01, Werurwe, 2024; ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo baratangiza “ukwezi” kwahariwe ibikorwa byo guteza imbere abaturage. Ni igikorwa cyo gutegura kwizihiza imyaka 30 ...
Kuri uyu wa Kane taliki 28, Ukuboza, 2023 mu Murenge wa Nkumba mu Karere ka Burera harabera Ihuriro ry’abana habagarariye abandi ku rwego rw’igihugu bitoremo ababayobora. Bitabiriye Inama y’igihugu y’...
Abagize Sosiyete Sivile Nyarwanda bagiranye inama n’Abadepite bagize Komisiyo y’Imari bayibwira ibyo babona byazashyirwa mu ngengo y’imari izagenerwa abana mu mwaka 2022/2023. Bavuze ko hamwe mu...
Ubwo yaganirizaga abapolisi bari bamaze iminsi mu mahugurwa y’uburyo bakorana n’abaturage, Umuyobozi wungiriije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa DIGP/Ops Felix Namuhoranye yababwiye ko buryo umu...






