Mu Mirenge ya Karangazi na Nyagatare mu Karere ka Nyagatare haravugwa amakenga y’abaturage basigaye birinda kurya Burushete banga ko bagaburirwa iz’imbwa. Ubwo bwoba babushingira ku makuru...
Mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke haravugwa urupfu rw’amatungo magufi bigakekwa ko ari imbwa ziyica. Nazo zatangiye guhigwa bukware hakaba hari ebyiri zishwe. Ibarura rivuga ihene esheshatu n...
Ihene z’umuturage witwa Jean Urayeneza zishwe n’imbwa z’inyagasozi zirirwa zibunga mu Midugudu irimo uwa Mutiti mu Kagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke. Izo mbwa zasanze izo he...
Abarinzi ba Pariki y’Akagera bafite imbwa zatojwe mu gukumira no kwirukana ba rushimusi bayigabiza bashaka inyamaswa ngo bazirye, izo batariye bazikureho amahembe cyangwa impu zo kugurisha mu bakire b...
Ni imbwa zitozwa zikiri nto kumenya aho ikintu runaka Polisi ikemanga giherereye. Mu byo zisaka harimo ibisasu n’ibiyobyabwenge. Zitabazwa ahari buhurire abantu benshi, aho abayobozi bari buce cyangwa...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe amahugurwa Assistant Commissioner of Police( ACP) Barthelemy Rugwizangoga avuga ko yaba Polisi cyangwa urundi rwego rw’umutekano w’u Rwanda rugomba gutera int...
Intebe y’Inteko y’Umuco Nyarwanda Ambasaderi Robert Masozera yabwiye Taarifa ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari ahantu mu Rwanda barya imbwa, ari ibintu bidasanzwe. Avuga ko ubusanzwe imbwa ari yo izwi...
Mu Nteko rusange y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo umwe mu Badepite yabwiye bagenzi be ko igihe kigeze ngo hatorwe itegeko rihana abarya imbwa n’injangwe kub...
Imbonerakure ni umutwe w’urubyiruko rwo mu Burundi utavugwaho rumwe. Bamwe bawushinja ko ari igikoresho Leta ikoresha igirira nabi abatavuga rumwe nayo, mu gihe abandi bawufata nk’itsinda ry’urubyiruk...
Ambasade y’u Budage mu Rwanda yatangaje ko mu gihe ‘kitarambiranye’ u Budage buzoherereza u Rwanda imbwa kabuhariwe mu gusuzuma ko runaka yanduye COVID-19. Kugeza ubu gusuzuma iki cyorezo byakorwaga ...









