Leta y’Ubuyapani yatangaje ko hari abaturage bayo 100,000 babaruwe ko bafite imyaka 100, ibintu bitigeze biba ahandi ku isi. Ababaruwe si abafite imyaka 100 yuzuye ahubwo barimo n’abayiren...
Rwabutogo Jeanne uyobora ishyirahamwe ry’abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka mu Karere ka Rubavu avuga ko kuba bagikura muri DRC inyinshi mu mbuto bacuruza bibahendesha. Yifuza ko hak...
Mu rwego rwo gufasha abohereza hanze imbuto n’imboga kubikora neza, ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, na USAID, bahaye bamwe muri bo im...
Eric Rwigamba usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko u Rwanda rwihagije ku mbuto z’ibigori, soya n’ingano kuko zihatuburirwa ku rwego ruhagije ku ...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, gitangaza ko mu minsi irindwi ishize u Rwanda rwohereje hanze icyayi gipima toni 987 cyose hamwe kikaba cyararwinjirij...
Mu Karere ka Rusizi hari abaturage bavuga ko bahawe imbuto y’ibishyimbo bigufi n’ibishingirirwa ngo bongere umusaruro w’ibishyimbo. Ababihawe bo mu Murenge wa Gitambi babanje kwishimira iyo mbuto, biz...
Urubuto rw’avoka ruri mu mbuto u Rwanda rusanzwe rwohereza hanze yarwo ariko kuri uyu wa Kane taliki 26, Ukwakira, 2023 nibwo bwa mbere rwohereje uru rubuto mu Buholandi. Ni igikorwa cya Guverinoma y’...
Mu Mudugudu wa Nyagasenyi n’uwa Kansoro mu Kagari ka Nyonirima mu Murnege wa Kinigi mu Karere ka Musanze haramutse inkuru y’abajura bivugwa ko bageraga kuri 40 baranduye ibirayi byatuburwaga nk’imbuto...
Einat Weiss uherutse kugirwa Ambasaderi wa Israel mu Rwanda yasuye ikigo igihugu cye gifatanyamo n’u Rwanda mu guteza imbere ubuhinzi kiri ku Umurindi wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro. Itsinda ryaturu...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu yakiriye $100,000 yatanzwe n’ikigo kitwa Liquid Intelligent Technologies azafasha mu gushyira ikoranabuhanga mu nzibutso za Jenoside ya...









