Mu Murenge wa Masaka harasiwe umugabo witwa Jean Rusanga w’imyaka 37 y’amavuko bivugwa ko yari umujura wari wagiye kwiba mu rugo rw’uwitwa Abdoni Hakizimana. Amakuru avuga ko uriya mugabo yagiye kwiba...
Polisi y’i San Mateo muri California ivuga ko hari imirambo irindwi y’Abashinwa babaga muri iriya Leta yasanze bishwe barashwe. Umugabo w’imyaka 67 yatawe muri yombi akekwaho uruhare muri buriya bwica...
Michael Haight yishe abana be batanu, umugore we na nyirabukwe abarashe na we arirasa. Byabereye muri Amerika ahitwa Utah mu Mujyi witwa Enoch City. Abaturanyi b’uyu muryango nibo batabaje Polisi ije ...
Ubushinjacyaha mu Ntara yitwa Nara yo mu Buyapani buvuga ko rwagati muri Mutarama, 2023 buzageza mu rukiko umugabo w’imyaka 42 witwa Yamagami bukurikiranyeho kwica uwahoze ari Minisitiri w’Intebe witw...
Abagabo babiri batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego nyuma y’igihe ibakashikisha kubera ubwicanyi bakurikiranyweho bwakoreshaga imbunda. Abafashwe bahuje izina ‘rya’Ndagijim...
Polisi y’u Burundi iherutse gusaka bamwe muri benewabo wa Gen Allain Guillaume Bunyoni ibasangana imbunda n’amasasu menshi. Iryo saka ryabereye ahitwa Kajiji muri Zone ya Kanyosha mu Mujyi wa Bujumbur...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije wa Repubulika ya Tchèque, Martin Tlapa aherekejwe na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda witwa Martin Klepetko bahuye n’Umuyobozi mukuru wungirije wa Polisi y’...
Mu Murwa mukuru wa Burkina Faso witwa Ouagadougou havugiye amasasu hafi y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu. Ingoro y’Umukuru wa Burkina Faso iherereye ahitwa Kossyam. Ntiharamenyekana ikihishe inyuma y’ayo ...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hafi ya Manhattan humvikanye amasasu menshi kuri iki Cyumweru. Amakuru atangazwa na Polisi avuga ko kugeza ubu abantu 10 ari bo bamaze kuhasiga ubuzima, abandi benshi ...
Polisi ya Kenya iri gukora iperereza ku rupfu kugeza ubu rw’amayobera rw’abasirikare batatu barimo babiri bari mu Mutwe urinda Perezida Uhuru Kenyatta na Visi Perezida we William Ruto. Bari mu bagiz...









