Mu Mudugudu wa Nyakabanda mu Kagari ka Rwangara mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu hafatiwe umwana w’imyaka 17 ufite imbunda wambaye n’impuzankano y’ingabo za DRC. Abahatuye babwiye Bwiza.com...
Mu Mudugudu wa Bwirabo, Akagari ka Kabagesera mu Murenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi haravugwa abantu bavugwaho ubujura barashwe. Abo ni Frank na Henock. Umwe mu baturage yabwiye Radio/TV1 ko yi...
Mu rwego rwo kurinda ko hagira ibisasu biva muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bikagwa mu Rwanda uwaba abirashe uwo ari we wese, u Rwanda rwateguye imbunda zibihanura; Ni icyemezo rwafashe nyuma y...
Patrick Muyaya uvugira Guverinoma ya DRC yashyize ifoto kuri X yitunze intoki zishushanya imbunda bamushyize ku mutwe, yipfutse umunwa nk’umuntu washimuswe bagiye kurasa. Ni ifoto yitwa “p...
Muri Amerika haravugwa inkuru y’umugabo waraye asanze abantu benshi hamawe abarasira mu kivungue yicamo abantu 22 akomeretsa abandi bagera kuri 60. Polisi yo muri Leta ya Maine ari n’aho byabereye ivu...
Ingabo za Israel zakoresheje intwaro ikomeye cyane mu gusenya ahantu Hamas ikunze gutereka ibisasu ikoresha irasa za roquettes muri Israel. Intwaro iki gihugu cyakoresheje bazira Iron Sting, ugenekere...
Urwego rw’Amerika rushinzwe ubugenzacyaha, Federal Bureau of Investigation, rwishe umugabo wari uherutse gutangaza kuri Facebook ko azica Biden. Uwishwe yitwa Craig Robertson. Yari atuye muri Leta ya ...
Ibisasu Ukraine yari yaratse Amerika ngo zizayifashe kuzahaza abasirikare b’Uburusiya bayizengereje yabibonye. Ibya mbere yabyakiriye kuri uyu wa Gatanu taliki 14, Nyakanga, 2023 nk’uko Al Jazeera yab...
Ingabo z’u Rwanda, abapolisi n’abacungagereza bari guhugurwa uko bakomeza kwita ku mbunda. Ni amahugurwa ari kubera mu kigo cya Polisi kiri mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana. Azamara iminsi...
Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri taliki 11, Mata, 2023 inzego z’umutekano zarashe uwitwa Albert Dusabe wari ushatse kwambura umupolisi imbunda. Yari aherutse kwiyemerera ko ari we wishe Dr. Ma...









