Leta y’Ubuyapani yatangaje ko hari abaturage bayo 100,000 babaruwe ko bafite imyaka 100, ibintu bitigeze biba ahandi ku isi. Ababaruwe si abafite imyaka 100 yuzuye ahubwo barimo n’abayiren...
Rwabutogo Jeanne uyobora ishyirahamwe ry’abagore bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka mu Karere ka Rubavu avuga ko kuba bagikura muri DRC inyinshi mu mbuto bacuruza bibahendesha. Yifuza ko hak...
Mu rwego rwo gufasha abohereza hanze imbuto n’imboga kubikora neza, ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, na USAID, bahaye bamwe muri bo im...
Ku Murindi mu Karere ka Gasabo hari kubera imurikabikorwa ry’aborozi n’abahinzi kugira ngo berekane aho ikoranabuhanga muri iri nzego z’ubukungu rigeze. Ubworozi ni umwitero, ubuhinzi bukaba umukenyer...
Saa kumi n’ebyiri n’igice mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 7, Gashyantare, 2024 abagore babiri bari bagiye kurangura imboga ahitwa Gishoma bavuye i Nyakarenzo( hombi ni muri Rusizi) bakoze imp...
Ubutaka bw’Akarere ka Rubavu buri mu butaka bwera cyane imboga haba mu Ntara gaherereyemo n’ahandi mu Rwanda. Nk’uko bimeze no ku bindi bihingwa, imbuto nziza niyo ntandaro y’umusaruro muzima. Ikibazo...
Abatuye mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Bushekeri mu Murenge wa Bushekeri bavuga ko abayobozi babo babategetse kurandura imboga zongeraga ireme ry’ifunguro, bakazisumbuza ibyatsi bita pasiparumu. Imi...
Imibare itangwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, itangaza ko mu cyumweru gishize, u Rwanda rwohereje muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo amagi, im...
Abacuruzi bari basanzwe bajyana ibicuruzwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo barahiye ko batazabisubiza yo. Bavuga ko iyo bagezeyo abaturage ba DRC babita ibihwinini ngo ni ibiwerewere. Umwe mu b...
Muri iyi minsi hari ibiganiro biri hagati y’u Rwanda na Saudi Arabia bigamije kureba uko iki gihugu cyakwemerera Abanyarwanda kohereza ibicuruzwa byinshi ku isoko ry’aho. Abayobozi ba Saud...









