Umuryango mpuzamahanga w’abagiraneza witwa Rotary Club Rwanda uvuga ko imwe mu ntego z’abawugize ari uko muri buri Karere ku Rwanda haba Rotary. Ni intego umwe mu bayobozi bakuru b’uyu muryango witwa ...
Minisiteri y’ubuzima yatangiye gahunda y’iminsi ine yo gukingira imbasa abana bose bafite munsi y’imyaka irindwi y’amavuko. Umuyobozi mu Rugaga rw’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu CLADHO, E...
Guverinoma y’u Rwanda igiye gutangira gukingira abana bafite munsi y’imyaka irindwi(7) y’amavuko. Ni gahunda izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 24 ikazageza taliki 28, Nyakanga, 2023. Leta y’u Rwanda...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS, ryatangaje ko imbasa yongeye kuba ikibazo ku buzima bw’abana b’u Burundi. Iby’uko iyi ndwara imugaza cyangwa ikica umwana yafashe yabaye ikibazo...
Umukuru w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame avuga ko buri muntu agomba kugira ubuzima bwiza kuko ari uburenganzira bwe. Yabivuze mu nama yahuje abafata ibyemezo muri Politiki ndetse no mu rwego rw’ubuzi...
Umugabo utatangajwe amazina niwe Munyamerika wa mbere wanduye imbasa mu myaka irenga 10 ishize. Kuba uriya mugabo yanduye iriya ndwara isa n’iyacitse ku isi ni ikintu cyatumye abakora mu nzego z’ubuzi...





