Imibare y’agateganyo iravuga ko abantu 19 baguye mu mpanuka yabereye muri Tetitwari ya Mitwaba iri mu Ntara ya Haut-Katanga. Haburaga ibilometero 19 ngo bagere ku gasanteri bari bagiyeho. Bari bari m...
Imbangukiragutabara yari irimo umurwayi yageze ahitwa Rwabiharamba mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare ihura n’’umuvu w’amazi w’imvura iheramo. Abaturage batabaye bayikuramo n’abari bayiri...
Mu rwego rwo gufasha abaturage kubona imbangukiragutabara zihagije, Guverinoma y’u Rwanda yaraye igejeje ku bitaro bitandukanye imbangukiragutara 114. Intego ni uko imbangukiragutabara imwe yajya iha ...
Kuri uyu wa Gatandatu ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda buraha ibitaro byose byo mu Rwanda imbangukiragutabara 80 zibisaranganywemo. Ni igikorwa kiri bubere kuri BK Arena iri mu Murenge wa Remera mu Karere...
Imbangukiragutabara yari ivanye umurwayi ku bitaro bya Ngarama mu Karere ka Gatsibo, imujyanye mu bitaro bya Kanombe, yakoze impanuka igeze mu Mudugudu wa Byimana mu Kagari ka Jamba, mu Murenge wa Nya...
Mu gihe gito kiri imbere Guverinoma y’u Rwanda izabona imbangukiragutabara 180 zizaza kuziba icyuho cyaterwaga n’ubuke bw’izi modoka z’ingirakamaro. Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Uzziel Ndagij...
Didas Ntakarutimana ni umwe mu bajyanama b’ubuzima bakorera i Nyange mu Karere ka Ngoma. Yabwiye itangazamakuru ko we na bagenzi muri rusange bagira ikibazo cyo kutabona imbangukiragutabara vuba bityo...
Imbangukiragutabara yari igiye ku bitaro bya Kibuye kuzana oxygen bakoresha kwa muganga yakoze impanuka. Yari ivuye mu bitaro bya Murunda biri mu Karere ka Rutsiro. Ni impanuka yabaye kuri iki Cyumwer...
Abashinzwe umutekano mu muhanda bavuga ko hirya no hino mu Rwanda hagaragara abashoferi bitambika imbangukiragutara(Ambulances), bakazima inzira kandi ziba zigiye gutabara Abanyarwanda ubuzima buba bu...
Mu bitaro bya Mibirizi mu Karere ka Rusizi haparitse imbangukiragutabara nyinshi zabuze uwazikoresha kandi ibi bitaro byarahoranye kandi bikaba bigifite ubuyobozi. Ibi ni intandaro yo kubura kw’izi mo...









