Ubuyobozi bw’Umuryango utabara imbabare ishami ry’u Rwanda, Croix Rouge Rwandaise, buvuga ko mu rwego rwo gufasha abaturage kurushaho kugira ubuzima bwiza, bwateye ibiti 6,000, bikaba bimwe mu bigera ...
Niba ushobora kubwira abantu ibyo ucuruza, aho ubicururiza, igiciro cyabyo n’uburyo bakugeraho kandi ukabikoresha ikoranabuhanga, kuki utatabariza umuntu usanze yagize ibyago? Telefoni igendanwa ni in...
Umuryango Mpuzamahanga wita ku mbabare, ICRC, utangaza ko mu isi hari ikibazo gikomereye abaturage biganjemo abo muri Afurika kubera ko ahari intambara zikomeye ari naho hari ingaruka ziremereye zitaw...
Croix Rouge y’u Rwanda yashimiwe umusanzu ikomeje gutanga mu guhindura ubuzima bw’abaturage, binyuze mu kugoboka abahuye n’ibiza no gufasha mu zindi gahunda zitandukanye za Leta. Ku wa Gatanu nibwo Cr...



