Mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye haramukiye inkuru y’abantu batandatu baguye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro. Batatu muri bo ni abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bari mu kigero cy’imyak...
Minisitiri w’ibikorwa remezo Dr. Ernest Nsabimana kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Gashyantare 2023 yaraye yakiriye imashini 61 nini zikora imihanda. Ni iz’ikigo kitwa ‘Construck’ gishamikiye kuri sosiyet...
Ikigo cy’Abanyamerika gikora imashini zikora imihanda n’izihinga rwitwa John Deere rugiye kubaka uruganda rukora imashini zihinga zikanakora imihanda zitwa mu Kinyarwanda: Tingatinga(caterpillars) na ...
Nta gihe kinini gishize Perezida Paul Kagame atangaje ko u Rwanda ruzaba mu bihugu bya mbere by’Afurika bizabona urukingo rwa COVID-19. Kuva icyo gihe ndetse na mbere y’aho gato, inzego z’ubuzima zari...



