Mu myaka yabanjirije COVID -19, mu bice byinshi by’u Rwanda havugwaga ibyuma byakinirwagaho imikino y’amahirwe byavugwaho kurya abantu amafaranga bigateza impagarara mu miryango. Ese ubu b...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rutsura ubuziranenge, RSB, basuye batunguye abakora kuri imwe muri sitasiyo zo mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi babasaba kubereka uko gaze na lisansi bahacuruza...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro cyatangaje ko cyashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga bwo gufasha abasora kubikora byoroshye bise Electronic Billing Machine (EBM) Version 2.1 System. Ni ubu...
Ibi ni ibyemezwa na bamwe mu baturage bajya kwivuriza muri ibi bitaro byo mu Ntara y’Amajyepfo. Bavuga ko kuba hari serivisi ibi bitaro bitagitanga, bibabangamiye kuko bituma bajya gushaka ahandi kure...
Imashini z’amoko atandukanye zikora umuhanda zageze aho zitangirira akazi kuri uyu wa Kane taliki 11, Mutarama, 2024. Ni iz’ikigo Fair Construction cyapatanye n’ikigo RTDA ngo kizako...
Ikigo cy’igihugu kita ku mikurire y’abana, NCDA, cyashyikirijwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF imashini 80 zo gushyushya abana bavutse igihe nyacyo kitageze. Zose zifite agacir...
Umushoferi witwa Vianney Tuyizere wi’imyaka 34 y’amavuko aravugwaho kugongesha mugenzi we imashini ikora umuhanda ariko Imana ikinga akaboko. Bombi bakorera sosiyete y’Abashinwa ikora imihanda yitwa H...
Birasa nk’aho ntacyo Israel yasize inyuma mu gusenya Gaza. Ubuyobozi bwayo buvuga ko buzirinda uko bishoboka kose ngo hatagira umusivili ubigenderamo. Mu kwegeranya ibikoresho, ingabo z’iki gihugu zat...
Nkurikiyimana Viateur wo mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi yashinze ikigo kigisha urubyiruko imyuga. Yakise Rwanda To Hope Organization. Abayirangije bavuga ko yabagiriye akamaro kuko bitun...
Mu ntangiriro z’umwaka wa 2022 Perezida Paul Kagame yatumije mu Biro bye Minisitiri w’ikoranabuhanga n’uw’ibikorwaremezo ndetse n’Umuyobozi mukuru wa RURA. Yagira ngo ababaze itandukaniro babona hagat...









