Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje ko niba nta gihindutse, umwaka wa 2024 uzarangira serivisi zose mu guhana amafaranga ya Umurenge SACCO zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga. Guverineri wa Banki nkuru y...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali (BK) buvuga ko hari gahunda y’uko ibikorwa byose itangamo serivisi bizaba byashyizwe mu ikoranabuhanga mu myaka ibiri imbere. Intego ni uko ukorohereza abakiliya bayo. Bu...
Ikigo cy’imari cyo muri Kenya gifite Banki ya Equity kitwa Equity Holdings Group cyatangaje ko cyaguze mu buryo bwuzuye Banki ya COGEBANQUE. Ubuyobozi bwa EQUITY bwatangaje ko kugeza ubu bwaguze imig...
Ikigega Agaciro Development Fund (AgDF) cyaraye kigiranye amasezerano n’Umushinga Hinga Wunguke afite agaciro ka miliyari Frw 34.6, agamije kunoza uruhererekane rw’ibiribwa mu Rwanda. Intego yayo ni...
Nyuma yo kumva ibyo Transparency International yabonye mu isesengura yakoze kuri raporo y’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta, Umunyamabanga mukuru wungirije wa RIB witwa Consolée Kamarampaka yasabye ko...
Kuri uyu wa Mbere taliki 20, Ugushyingo, 2023 muri Marriot Hotel i Kigali harabera igikorwa u Rwanda rwifatanyamo n’amahanga mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana. Ariko se muri rusange aba...
Ikigo kitwa NALA( ni ijambo ry’Igiswayile rivuga intare y’ingore) cyatangije uburyo bushya bufasha Abanyarwanda kohererezanya no kwakira amafaranga na bagenzi babo baba mu mahanga ni ukuvuga Amerika n...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rihagarika mu nshingano Dr. Patrick Hitayezu wari ushinzwe Politiki y’ubukungu( Chief Economist) muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi kubera imyitwar...
Itsinda ry’abakozi bo mu Kigega mpuzamahanga cy’imari bavuga ko ubukungu bw’u Rwanda buri kuzamuka neza kuko ubu buri ku kigero cya 6.3% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2023. N’ubwo bimeze gutyo, ...
Abanyarwanda barasabwa kumenya ko ‘akabando k’iminsi ari umurimo’ ariko nanone ko ‘ugaca kare ukakabika kure.’ Ni inama ikubiyemo byinshi birimo no kwizigamira kugira ngo agafaranga kazakugoboke mu m...









