Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yeguriye Authentic Word Ministiries /Zion Temple Celebration Center inshingano zo gucunga ikigo cy’imari cyahoze kitwa Axon Tunga Microfince Ltd ubu cyahinduriwe i...
U Rwanda rwaje imbere ya Kenya na Afurika y’Epfo mu kugira Ikigo gitanga serivisi zinoze z’imari binyuze mu kigo Kigali International Finincial Center, KIFC. Byatangarijwe muri raporo ikorwa n’Abonge...
Nyuma yo kubona ko hari amafaranga menshi igihugu cyakoresheje muri Mutarama, 2024 yari yarateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2023/2024, byabaye ngombwa ko Minisiteri y’imari n’igenamigambi yongeraho an...
Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ubucuruzi John Humphrey avuga ko Leta ya London ishaka ko u Rwanda ruhinduka irembo ribuhuza n’Afurika kandi Abanyafurika nabo bakabona uko bakorana nabwo ...
Ba rwiyemezamirimo bo mu bigo bikiyubaka n’abandi bafite aho bagejeje batangiye amahugurwa y’uburyo barushaho gucuruza bunguka. Ni amahugurwa bari guherwa muri Kaminuza yigenga ya Kigali mu kigo cyayo...
Minisitiri avuga ko u Rwanda nk’umunyamuryango w’ihuriro, G77 and China rwishimiye kwitabira iriya nama iri kubera muri Uganda kandi rukaba rushyigikiye ko urwego rw’imari ku isi rwavugururwa kugira n...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riteganya ko muri uyu mwaka wa 2024 rizakoresha ingengo y’imari ingana na Frw 9.932.725.243 . Muri iyi ngengo y’imari, Miliyari Frw 5,73 azakores...
Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali na Vincent Munyeshyaka uyobora BDF bashyize umukono ku masezerano yo guha imyenda abakiliya bashaka gushora mu mishinga mito n’iciriritse ariko nabo bakagira...
Nk’uko byagaragariye buri wese, umwaka wa 2023 wabaye uw’izamuka ry’ibiciro ry’ibiribwa muri rusange. Icyakora urangiye biri kugabanuka kandi ibi niko bimeze no kubikomoka kuri petelori. Inzego nyinsh...
Kamanzi Claudine ni Umunyarwandakazi usanzwe ukora ibyo kwita ku bidukikije mu kigo yashinze yise Forest for Life Project. Yahembewe kwita ku butaka buteweho amashyamba, ahabwa igihembo kiswe 2024 Res...









