Raporo ya Banki y’Isi iheruka gusohoka yashimye ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bizamura ubukungu ku kigero kiza ku buryo ubu buhagaze kuri 7.2%. Ikindi ni uko umusaruro mbumbe warwo nawo wazamutse ku...
Umunyenganda ukomeye Ayabatwa Tribert Rujugiro yapfuye afite imyaka 82 y’amavuko. Ni umwe mu banyenganda bakomeye u Rwanda rwagize kandi yazishinze n’ahandi henshi muri Afurika harimo muri Ugan...
Raporo zitandukanye zakozwe n’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta mu bihe bitandukanye zigaragaza ko hari amafaranga abarirwa muri za miliyoni nyinshi za Leta bikekwako zanyerejwe mu mayeri menshi. Rapo...
Ubuyobozi bwa BPR Bank Plc bwemeza ko ibaruramari ryo mu mwaka wa 2023 ryagaragaje ko iyi Banki yinjije inyungu ya Miliyari Frw 37.9, aya akaba ari amafaranga yinjijwe mbere yo gukuramo imisoro. Mu ...
Banki Nkuru y’u Rwanda ibinyujije kuri X yatangaje ko ikigo cyitwa Super Free to Trade Ltd (STT) kidafite uburenganzira bwo gutanga serivisi z’imari n’ubucuruzi bw’amafaranga ku isoko ry’u Rwanda. Yab...
Vincent Munyeshyaka uyobora Ikigega gishinzwe guteza imbere imishinga mito n’iciriritse avuga ko mu myaka imaze ikora imaze guha abantu inkunga ingana na Miliyari Frw 100, iyo mishinga ibarirwa mu bih...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kugira umuco wo kwizigamira, Ikigo Rwanda National Investment Trust Ltd kivuga ko kuva cyajyaho mu mwaka wa 2016 kimaze gukusanya Miliyari Frw 40 kandi kicyakira aba...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko imibare cyakoze ku izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’ingengo y’imari ryageze ku 8.2%. Nk’uko bimaze igih...
Taliki 04, Werurwe, 2024 The Bloomberg yari yatangaje ko Jeff Bezos uyobora Ikigo Amazon ari we mukire wa mbere ku isi. Icyakora nyuma y’iminsi itatu, yahise avanwa kuri uyu mwanya n’Umufaransa Bernar...
Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Luxembourg, Xavier Bettel, yavuze ko igihugu cye giteganya gufungura Ambasade yacyo mu Rwanda bitarenze umwaka wa 2024....









