Iyi ni intego Banki nkuru y’u Rwanda ivuga ko rwihaye kugira ngo haramutse habaye ibura ry’amadovize mu gihe cy’amezi ane, rukomeze gutumiza hanze ibyo rukeneye byose. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Pol...
Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Jeannine Munyeshuli wari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi ushinzwe ishoramari rya Leta yiruk...
Ibihugu bimwe mu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba byatinze gutanga amafaranga bituma hari gahunda zitagezweho. Imwe muri zo ni uko hari imirimo y’Urukiko rw’uyu Muryango itazakorwa kubera ko...
Umuyobozi Mukuru wa BK Group Plc Béatha Habyarimana yaraye atangaje ko iyi Banki ayobora yungutse Miliyari Frw 23.9 mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2024. Avuga ko ayo mafaranga yazamutse biturutse...
Umuryango mpuzamahanga uharanira kuwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda, washimye ko u Rwanda rutegura rugashyira mu bikorwa rukanagenzura ingengo y’imari yarwo. Mu mwaka wa 201...
Umwe mu mishinga minini iteganyijwe kuzakorwa mu ngengo y’imari ya 2024/2025 ni uwo kubaka Ibigega binini bya essence na petelori mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Ibyo bigega bizaba b...
Binyuze mu misoro no mu bundi buryo Leta y’u Rwanda ikusanyamo amafaranga, ubu ingengo y’imari yayo mu mwaka wa 2024/2025 yiyongereyeho 11.2% ni ukuvuga miliyari 574.5. Minisitiri w’imari n’igenamigam...
Ikigega cy’Abanyamerika kigamije iterambere mpuzamahanga, USAID, cyahuje abakora mu buhinzi n’ubworozi n’ibigo by’imari kugira ngo barebere hamwe uko impande zombi zakorana. Ni igikorwa kitabiriwe na ...
Thapelo Tsheole wari usanzwe ari umuyobozi mukuru w’ikigo cya Botswana gishinzwe imari n’imigabane yahawe uyobora ikigo gikora iyo mirimo mu Rwanda kitwa Capital Market Authority, CMA. Mu minsi 30 nib...
Biri mu mushinga wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi, ukaba umaze igihe ugejejwe mu Nteko ishinga amategeko uzanywe n’iyo Minisiteri. Intego ni ukuzamura umusaruro uva muri ubu bucukuzi buherut...









