Umusirikare muto yarashe umuyobora mu gisirikare ufite ipeti rya captaine amurasa amasasu menshi amuziza ko ngo yanyerezaga umushahara we. Uvugwaho kwica umukuriye avuga ko amaze umwaka n’amezi ane a...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali bwatangaje ko Dr. Uzziel Ndagijimana yagizwe umuyobozi mukuru w’iyi Banki. Ni umwanya asimbuye Beatha Habyarimana wari uherutse kwegura ku mirimo muri iyi Banki ya mbere ...
Mu minsi ishize mu Rwanda havuzwe inkuru ya Davis Manzi SEZISONI wavugwaho kwizeza abantu 500 kuzabungukira $4000 buri kwezi ku madolari menshi babikije ariko ntiyabikora arayarigisa. Abantu bamuhaye ...
Uwo ni Lina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, ubu akaba yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki ikorera mu bihugu byi...
Ihuriro nyarwanda ry’amabanki, Rwanda Bankers’ Association, rwatangaje ko amaze kugera ku rwego rwiza rw’imikorere ndetse ko afite uruhare ntagereranywa mu kuzamura ubukungu. Ibi biherutse gutangarizw...
Nta gihugu ku isi kitagira Kaminuza. Inyinshi muri zo zigisha amategeko, indimi, ubuvanganzo, ubuvuzi, ubutabire, ibaruramari, politiki n’ibindi. Icyakora, uru rwego rw’imyigishirize ntirugirira akama...
Mu gihe kiri imbere u Rwanda rugiye guhabwa miliyoni € 50 azatangwa n’Ikigega cy’Abataliyani gishinzwe kwita ku bidukikije kugira ngo azarufashe mu mishinga yarwo igamije iterambere ritangiza ibidukik...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Yusufu Murangwa yasinyanye na Ambasaderi wa Koreya y’Epfo mu Rwanda Woo-Jin Jeong amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu afite agaciro ka miliyari $1. Ayo mafaranga ...
Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari wa 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 9.7% ahanini bitewe n’uko ubukungu muri rusange bwongeye kuzanzamuka ariko cyane cyane n’...
Nyuma yo gutora itegeko rigenga ibigo by’imari iciriritse byakira amafaranga abitswa n’ababyizeye, Abadepite barashaka ko imikorere y’ibimina ijya mu itegeko mu rwego rwo gukumira amakimbirane abigara...









