Ubyumvise wakumva ko ari kera ariko mu mwaka wa 2026 ni vuba cyane. Muri uwo mwaka rero abahanga bavuga ko ibikoresho bya plastic ku isi hose bizaba byarikubye gatatu, ikintu giteye inkeke. Bamwe muri...
John Rwangombwa uyobora Banki nkuru y’u Rwanda yitabye Sena ngo asobanurire abayigize bimwe mu byo basanze uru rwego rushinzwe ubuzima bw’ifaranga ry’u Rwanda rudatunganya neza. Birimo kuba hari inyan...
Isesengura ry’ingengo y’imari y’umwaka wa 2025 yemejwe n’Inteko ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryerekana ko 13,12% byayo yose bizashyira mu rwego rwo gisirikare n’izindi nzego ...
Ikigo cy’imari cya BK Capital cyahembewe kuba Umuhuza mwiza w’Isoko ry’Imari n’Imigabane mu Rwanda mu mwaka wa 2024. Iki kigo gishinzwe kugurisha imigabane kikaba cyahembewe uruhare rwacyo mu buhuza k...
Prof Sam Yala uyobora Kaminuza mpuzamahanga yigisha imibare na sciences, AIMS-Rwanda, yabwiye abitabiriye igikorwa cyo gutangiza Icyumweru cyahariwe Sciences kitwa Next Einstein Forum ko u Rwanda ruri...
Abahagarariye urubyiruko mu Karere ka Kicukiro, Nyarugenge na Gasabo bavuga ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwanya ‘ufatika’ mu biganiro bigena ingano y’ingengo y’imari irugenerwa. Babivugiye mu bigan...
Amakuru atangwa na bamwe mu bagize Komisiyo tekiniki y’abahanga bo muri Uganda n’abo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko hari raporo yamaze kunonosorwa yo gusubiramo imiterere y’umupaka uh...
Paul Kagame yaraye aganiriye na Jin Liqun uyobora Banki ya Aziya iteza imbere ishoramari mu bikorwa remezo yitwa mu Cyongereza Asian Infrastructure Investment Bank (AIIB). Ibiro by’Umukuru w’u Rwanda...
BK Group iratangaza ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka yazamuye urwunguko rwa Banki ya Kigali ho Miliyari Frw 47.8. Ubuyobozi bw’iyi banki buvuga ko ibi ari ibyo kwishimira kuko uru rwunguko rw...
Mu iteka rya Minisitiri w’imari n’igenamigambi riherutse gusohoka handitsemo ko ibimina bigomba kuba byanditswe ku buyobozi bw’Umurenge biherereyemo. Ni gahunda igomba kuba yarangije gushyirwa mu biko...









