Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruburira abacuruzi kujya bashishoza bakirinda guhubukira abababwira ko babonye imari kandi iyo mari bita ko ishyushye ishobora kubahombya. Rubivuze nyuma yo gu...
Ikigega mpuzamahanga cy’Imari,( International Monetary Fund) kigira inama Abakuru b’Ibihugu by’Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara y’uko bagomba ‘kongera’ guha umwanya uhagije abikorera ...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyasohoye icyegeranyo cy’uko umusaruro mbumbe mu gihembwe cya mbere cya 2021 uhagaze. Muri iki gihembwe, ubukungu bw’u Rwanda bwakomeje guhura n’ingaruka z’icyorez...
Abanyemari b’Abanyarwanda bari muri Ghana mu ruzinduko rw’iminsi irindwi biga uko bashora imari muri kiriya gihugu kiri mu bikize kuri Petelori kurusha ibindi mu gace giherereyemo ndetse no ku mabuye ...
Ibigo by’imari ku isi byategetse Tanzania kubiha ‘imibare isobanura neza’ uko ubwandu bwa COVID-19 bumeze niba yifuza ko biyiha inguzanyo. Ibyo bigo ni Ikigega mpuzamahanga cy’imari ndetse n’Umuryango...
Nta gihe kinini gishize imwe muri banki nini za Kenya yitwa KCB ishoye imigabane ijya kungana na 100% muri Banki y’abaturage y’u Rwanda. Uru ni rumwe mu ngero zerekana ko abanyemari bo muri Kenya bak...
Hari imishinga Minisitri ya Siporo ivuga ko itazashyira mu bikorwa kuko hari amafaranga angana na Miliyari 9 Frw yari ateganyijwe mu ngengo yayo y’imari yayo itazahabwa. Ibi ni ingaruka z’...
Umuryango w’Abanyarwanda baba mu Murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, watangaje ko witeguye kwakira Perezida Paul Kagame uri mu Bufaransa mu nama ivuga ku iterambere rya Sudani n’iry’Afurika muri rusang...
Umukinnyi uri mu bakomeye babayeho mu mateka ya Basketball Bwana LeBron James yaguze imigabane mu kigo gifite ikipe yo mu Bwongereza yitwa Liverpool FC kitwa Fenway Sports Group (FSG). Ikigo FSG nicyo...
Umunyemari Aloys Rusizana wari umaze hafi umwaka wose afunzwe yarekuwe. Arakekwaho uruhare mu kunyereza umutungo wa Leta binyuze mu kugurisha Leta inzu ku gaciro ubushinjacyaha bwavugaga ko yayigurish...








