Imwe muri Banki zo muri Kenya ariko zikorera no mu Rwanda yitwa I&M Bank yatangaje ko mu mwaka wa 2021 yinjije miliyari 31.7 Frw ku nyungu fatizo. Ugereranyije n’umwaka wa 2020, ziyongereyeho 24...
Mu Biro bye Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi bakuru b’Ihuriro mpuzamahanga ry’ibigo by’imari. U Rwanda rwagiye muri iri huriro mu mwaka wa 2020. Ryashyizweho ku bufatanye bw’ibigo by’imari bya ...
Ubuyobozi bw’Urwego rw’abikorera ku giti cyabo mu Rwanda, Rwanda Private Sector Federation, butangaza ko muri manda bwaraye butorewe, buzibanda kwagura imikoranire na bagenzi babo bo mu mahanga. Byavu...
Nyuma yo kwakira umuyobozi w’Ishami rishinzwe itumanaho mu Kigo mpuzamahanga kita ku itumanaho ku isi witwa Doreen Bodgan- Martin, Perezida Kagame yakiriye Tidjane Thiam uyobora Ikigo cy’u Rwanda gish...
Ubuyobozi bw’Ikigo Kigali International Finance Center( KIFC) buvuga ko hari abashoramari bazaturuka muri Luxembourg na Suède bashaka kugishomiramo imari. Iki kigo kitezweho kuba intangarugero mu mic...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari wakigereranya n’uruganda abahanga mu bukungu bakomeye bifuza gukorera kugira ngo bagire uruhare muri Politiki zigenga imari n’ubukungu ku isi. Ni ikigega cyashinzwe mu mw...
Ni ngombwa gusobanura ingingo ebyiri zigirana isano iri hagati y’ikoranabuhana n’imari. Imari ni ukuvuga umutungo uvunjwe mu mafaranga umuntu atunze n’aho ikoranabuhanga rivuze uburyo bush...
Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 15, Gashyantare, 2022 Inteko rusange yatoye umuumushinga w’itegeko rihindura itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2021/2022 yari ...
Mu gihe Kenya ari cyo gihugu cya mbere muri Afurika mu byerekeye gutanga no guhabwa serivisi z’imari hakoreshejwe ikoranabuhanga, u Rwanda narwo rukomeje gutera intambwe muri uyu mujyo. Taarifa yahaye...
Binyuze mu Kigo mpuzamahanga gishinzwe guteza imbere imari kiri mu Mujyi wa Kigali (Kigali International Financial Centre), kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Gashyantare, 2022 mu Rwanda hatangijwe ikigeg...









