Iyi Banki yo ikomoka muri Kenya kandi ikaba iri mu zikomeye kurusha izindi mu Rwanda ikomeje kunguka uko umwaka ushira undi ugataha. Bigaragarira mu rwunguko yatangaje ko yagize mu mezi atandatu ashiz...
Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda Bwana John Rwangombwa avuga ko mu rwego rwo kugabanya itakara ry’agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda, hirindwa ko kakomeza gutakara, Banki nkuru y’u Rwanda yafashe icy...
Kuri uyu wa Mbere, Taliki 8 Kanama 2022, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi MINECOFIN, Tusabe Richard yagejeje ku bagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena ishingiro ry...
Afatanyije na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda mu Rwanda Beatha Habyarimana, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo yasabye abikorera mu biri u...
Imibare yaraye itangajwe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi muri Guverinoma y’u Rwanda yerekana ko mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023, amafaranga angana Miliyari Frw 906.9 ni ukuvuga 19.5% ari ...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko muri iki gihe u Rwanda ruhanganye n’ibibazo byinshi bifitanye isano n’ubukungu k’uburyo kongerera abakozi ba Leta umushaharo bit...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’ubukungu bw’u Rwanda wazamutse mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2022 ugera kuri Miliyari Frw 3,025 uvuye kuri miliyari 2,...
Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu yagaragarije Inteko rusange y’Abadepite yaraye iteranye ko mu isesengura yakoze ku ikoreshwa ry’ingengo y’imari ya 2021-2022 yasanze harimo ibyuho bin...
Mu nama nyunguranabitekerezo yaraye ihuje ubuyobozi bwa Sena y’u Rwanda n’inzego zirimo Minisiteri y’Imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana uyobora iyi Minisiteri yavuze ko Guverinoma igiye gutan...
Luxembourg ni igihugu gito kiri rwagati mu Burayi. Ni gito mu buso kuko gifite ubuso bwa kilometero kare 2,586. Ibi bituma Luxembourg iba ari cyo gihugu gito mu bindi byose bigize u Burayi. Muri uyu m...









