Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko igenamigambi ritaganya ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 6.2% mu mwaka wa 2023. Biteganyijwe ...
Amakuru yari amaze iminsi avugwa y’uko Equity Bank igiye kugura COGEBANQUE yabaye impamo. Ubuyobozi bw’iyi Banki bwatangaje ko bwamaze kugura 90% by’imigabane yose yari isanzwe iri muri COGEBANQUE. Eq...
Hagati y’italiki 26 n’italiki 27, Kamena, 2023 mu Rwanda hazabera inama izahuza abashoramari bo mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi na bagenzi babo b’Abanyarwanda. Ni inama yitwa EU-Rwanda Business Forum. ...
Mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa udupfunyika 6000 tw’urumogi bivugwa ko rwari ruvanywe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Rwafatiwe kuri Moto yari igeze mu Mudugudu wa...
Mugwaneza Pacifique ni umuyobozi w’agateganyo w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Koperative mu Rwanda. Mu kiganiro kihariye aherutse guha Taarifa, yavuze ko hagikenewe ko ibyiciro bitandukanye by’Abanyarwa...
Banki y’isi yageneye u Rwanda miliyoni $ 100 y’inguzanyo yo kuzamura urwego rw’abikorera ku giti cyabo no gufasha abantu kugera kuri serivisi z’imari. Byakozwe mu rwego rwo gukomeza kurufasha kwigobo...
Elon Musk yatangaje ko Linda Yaccarino ari we wamusimbuye ku buyobozi bwa Twitter ku rwego rw’isi. Yaccarino ni umugore wavutse mu mwaka wa 1963 akaba asanzwe ari inzobere mu by’itumanaho. Afite inkom...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zakoze igihugu kimwe kandi gifite abaturage bakize kurusha abandi ku isi. N’ubwo ari uko bimeze, urwego rw’amabanki muri iki gihugu ruri gucumbagira k’uburyo hafi ½ cy’abat...
Ingengo y’imari u Rwanda ruteganya kuzageraho mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023/2024 ni Miliyari 5,030, ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 265.3 ingana na 6% ugereranyije n’iy’umwaka wa 2022/2023. ...
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Alexis Kamuhire yabwiye Inteko rusange y’imitwe yombi mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko muri rusange ibitabo by’ibaruramari mu bigo bya Leta bikoze neza. Ni r...









