François Bayrou wari uri hafi kumara umwaka ayobora Guverinoma y’Ubufaransa ashobora kuza kweguzwa n’Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye iri buterane kuri uyu wa Mbere Tariki 08, Nzeri, 2025....
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rwa Rayon Sports Abdallah Murenzi yatangaje ko izakoresha ingengo y’imari ya Miliyari Frw 2, ubu ikaba ifite Miliyoni Frw 400. Andi azava he? Ni ingengo izakor...
Mu rwego rwo kubarinda igihombo no kubongerera amafaranga binjiza, abahinga imyumbati muri imwe mu Mirenge ya Kamonyi babwiwe ko burya n’ibishishwa byayo ari ibiryo by’amatungo. Hafi ya bose-kimwe n’a...
Abayobozi bakuru b’ibigo by’Imari N’Imigabane byo muri Afurika bazahurira mu Rwanda mu nama bazigiramo aho uru rwego rugeze ruteza imbere abarugannye. Ni Inama izaba Tariki 26, Ugush...
Banki Nkuru y’u Rwanda iri kwiga uko yatangiza ifarangakoranabuhanga bise e-Franc Rwandais cyangwa Central Bank Digital Currency( CBDC). Ikiri gukorwa muri iki gihe ni ukurigerageza ngo barebe ko baza...
Antoine Anfré uhagarariye inyungu z’Ubufaransa mu Rwanda yavuze ko guhera mu mwaka wa 2021 kugeza ubu, umubano hagati ya Kigali na Paris ari nta makemwa. Yabivugiye mu ijambo yageneye abanyacyubahiro ...
Nick Barigye wari umuyobozi w’Ikigo mpuzamahanga cya Kigali cy’imari, Kigali International Financial Centre, KIFC, yatorewe kuba umuyobozi mukuru w’ikigo Crystal Ventures Ltd. Inama y’ubutegetsi y’iki...
Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro Ronald Niwenshuti avuga ko aho bigeze ubu, imisoro iva mu baturage igira uruhare rwa 52.9% mu mafaranga yose agize Ingengo y’Imari y̵...
Ba rwiyemezamirimo biganjemo urubyiruko baraye bahuye na bagenzi babo bakorera muri Kenya babatekerereza iby’ikoranabuhanga bahanze rifasha umuntu kugenzura ubucuruzi bwe bwose mu buryo bukamatanyije....
Ifaranga rikomeye kurusha andi ku isi ari ryo ‘idolari rya Amerika, $’ rigiye kumara amezi atandatu rihagaze nabi. Ni ibintu abahanga mu bukungu bavuga ko byaherukaga mu mwaka wa 1973 ubwo Amerika yay...









