Ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe muri Centre Christus i Remera mu Karere ka Gasabo, hari taliki 12, Mata, 2024, Perezida wa IBUKA yavuze ko hari abahesha b’inkiko bahishe amarangizarubanza y’abarokotse ...
Ibi ni ibyagarutsweho n’abakora mu rwego rw’ubutabera mu Rwanda bari bamaze amezi atatu bahugurirwa ku kamaro k’ubuhuza n’uburyo bwakorwa kinyamwuga. Ayo mahugurwa yahuje abakora mu buganzacyaha, abas...
Mu mpera z’iki Cyumweru muri Mozambique hatangiye urubanza rw’amateka aho abahoze ari ibyihebe byari byarazengereje abaturage guhera mu mwaka wa 2017 batangiye gushyikirizwa ubutabera. Ni igikorwa kig...
Mu gihe mu nkiko z’u Rwanda hadasiba kwinjira amadosiye mashya, ku rundi ruhande ubutabera bw’u Rwanda bufite ibibazo birimo n’igabanuka rigaragara ry’abacamanza. Ubu babarirwa muri 318 mu gihe abavok...
Mu rwego rwo gutanga ubutabera binyuze mu bwiyunge no kubaka amahoro, Guverinoma y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gusaba imbabazi bikozwe n’uwahemutse bityo uwahemukiwe akamubabarira, bakiyunga kandi b...
Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yabwiye abandi bayobozi mu nzego zitandukanye basanzwe bari muri FPR-Inkotanyi ko kimwe mu bibazo u Rwanda rufite mu butabera bwarwo ari uko ibyemezo by’inkiko bid...
Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro Nyafurika ry’Abahinzi b’ikawa witwa Ambasaderi Solomon Rutega yabwiye abitabiriye inama ya ririya huriro ko hari Ikigega nyafurika kiri gutegurirwa kuzafasha abahinzi b’...
Raporo igaragaza ibikorwa by’Urwego rw’Ubucamanza mu 2020/2021 yerekana ko ibirarane by’imanza byazamutseho 47% ugereranije n’umwaka wabanje, ndetse igihe urubanza rumara rutegereje kuburanishwa kiger...







