Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi yaraye akorewe ibirori by’uko aherutse kuzuza imyaka ijana. Ni ibirori byabereye muri imwe muri Hoteli z’i Kigali ariko mu ibanga hirindwa ko hashoboraga kuza abantu be...
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA, ryifurije iruhuko ridashira Richard Karimba wari umutoza mukuru wa Patriots Basketball Club uherutse kwitaba Imana. Ubutumwa bwa FERWABA burag...
Ku rukuta rwe rwa Twitter Umuhanga Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yatangaje ko ubu yakiriye Yesu mu mutima we ngo amubere umwami n’umukiza. Ngo hari abo yabibwiye bagira ngo ni igiparu! Meddy uheruts...
Mu gace ka Limpopo ka Afurika y’Epfo hari pasiteri witwa Christ Penelope uvugwaho gusaba abayoboke be guca bugufi akabasurira ku mazuru ngo nibwo bazakizwa ibyaha. Pasiteri Christ Penelope avuga...



