Umuhanzi ukora indirimbo zihimbaza Imana witwa Gaby Kamanzi avuga ko kuba u Rwanda rwarubatswe rukaba rugeze aho ruri ari ukuboko kw’Imana rubikesha. Avuga ko Imana ikunda u Rwanda kandi ko igihe cyos...
Uwo ni Aggrey Ngalasi, akaba ari umukandida wiyamamariza kuzaba Perezida wa DRC mu matora azaba mu Ukuboza, 2023. Aherutse kuvuga ko uretse imigabo n’imigambi bidasanzwe azanye mu gukemura ibibazo by’...
Mu kwisobanura kwe mu rukiko rw’ibanze rwa Gasabo, Apôtre Yongwe yavuze ko kuba yarasabaga ituro abazaga mu rusengero, nta cyaha yakoze kuko ngo Yesu yarisabaga. Yunzemo ko habaye hari abumva ko yabas...
Abahanzi Vestine & Dorcas bari hafi gufata indege bagana muri Canada kubaririmbira. Aba bavandimwe bazerekeza mu kirere cyo mu Majyaruguru y’Amerika nyuma y’igihe gito bamuritse umuzingo bise ‘Nah...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yanditse ibaruwa mu Gisipanyolo asobanura neza icyo yashakaga kuvuga ubwo yatangazaga ko abavuga ko ubutinganyi ari icyaha gikwiye guhanwa n’inkiko( crime) ...
Ngabo Medard, Umunyarwanda wamamaye ku zina rya Meddy yasohoye indirimbo nshya yise Grateful. Irimo ubutumwa bwo gushimira Imana ibyiza yamufashije kugeraho no kuba yita ku bayo bose. Ni indirimbo iri...
Mbonyicyambu Israel uzwi nka Mbonyi yaraye ageze i Bujumbura. Yabwiye itangazamakuru ry’aho ko yari yarifuje cyane kuzaza gutaramira Abarundi ariko bikanga. Ashima Imana ko ubu bigiye gushoboka. Nk’uk...
Abayobozi mu nzego za kidini batandukanye kandi baturutse mu madini atandukanye bateranye bakora amasengesho yo gusabira amahoro Repubulika ya Demukarasi ya Congo, cyane cyane uburasirazuba bw’iki g...
Uyu Munyarwanda wamamaye mu ndrimbo zisanzwe ariko vuba aha kaba yariyeguriye indirimbo zihimbaza Imana, avuga ko Taliki 23, Ukuboza, 2022 akorera muri Canada igitaramo gikomeye. Ni igitaramo yise ‘Am...
Kuri uyu wa Kane Taliki 15, Nzeri, 2022 abakunda umuziki uhimbaza Imana mu Rwanda bararanye agahinda nyuma y’inkuru y’urupfu rw’umuhanzikazi wamamaye ku izina rya Precious. Yapfuye afite imyaka 27 y’a...









