Mu rwego rwo gufasha u Rwanda kuzamura urwego rw’uburezi mu mashuri abanza n’ayisumbuye, Guverinoma y’Ubuyapani yarugurije miliyari Frw 118. Ni amafaranga azatuma rushyira ikoranabuhanga mu mashuri ab...
Uwo ni Elie Habimana wasimbuye Pascal Murasira wari usanzwe uyobora iki kigo abantu bifashisha mu guhanga imishinga itandukanye yiganjemo iy’ikoranabuhanga. Ubuyobozi bwa Norrsken bwatangaje ko Elie H...
Ubuyobozi bw’ikigo “mpuzamahanga” gitunganya kikanagurisha amazi, JIBU, bwatangije urubuga rwa murandasi abantu bazajya batumirizaho amazi. Kuri rwo harimo aho abantu batumiriza amaz...
Raporo ngarukakwezi itangwa na Irembo igaragaza ko Akarere ka Kicukiro kaza imbere mu myaka itatu ishize mu kugira abaturage basobanukiwe n’ikoranabuhanga kurusha abandi mu Rwanda. Ibi ngo biga...
U Rwanda rwemeye gutanga umusanzu warwo wa Miliyoni $3 mu kigega cya Miliyari $1 izashyirwa mu kubaka no guha ubushobozi Ikigo Nyafurika kiswe Timbuktoo kizateza imbere guhanga udushya mu ikoranabuha...
Mu gihe runaka kiri imbere, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), irateganya kuzamurikira rubanda urubuga rw’ikoranabuhanga ruzajya rukoreshwa mu kumenya abaturage bakeneye inkunga. Ni mu rweg...
Ubugenzacyaha busaba Abanyarwanda kwirinda icyo ari cyo cyose cyatuma bica amategeko harimo no gukoresha nabi imbugankoranyambaga. Umuvugizi w’uru rwego, Dr. Thierry B. Murangira avuga ko niba bidakwi...
Guverinoma y’u Rwanda irateganya gutangiza amasomo yo gukora robo. Byaraye bitangajwe n’umuyobozi mu Kigo cy’igihugu cy’uburezi bw’ibanze Rwanda Basic Education Board (REB) witwa Diane Uwasenga Sengat...
Emmanuel Hammez uyobora Airtel Rwanda avuga ko kuva cyatangira guha abaturage telefoni zigezweho muri gahunda ya Connect Rwanda, hamaze gutangwa telefoni 52,000. Yabivugiye mu Karere ka Rubavu ahatang...
Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje ko niba nta gihindutse, umwaka wa 2024 uzarangira serivisi zose mu guhana amafaranga ya Umurenge SACCO zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga. Guverineri wa Banki nkuru y...









