Ikoranabuhanga mu guhindura utunyangingo tw’ibihingwa hagamijwe kubyongerera umusaruro ryitwa Genetic editing rigiye gushyiramo imbaraga mu buhinzi bw’u Rwanda kugira ngo ibihingwa byere kurushaho. Ib...
Abakunda telefoni za iPhone bagiye kubona indi yo muri ubu bwoko yo mu gisekuru cya 16. Ni yo igezweho ariko ntirasohoka uretse ko abanyamakuru bo bamaze kumenya bimwe mu bizaba biyigize. Ikinyamakuru...
Umunyarwandakazi ushinzwe Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Musoni Paula Ingabire yashyizwe ku rutonde rw’abantu 100 bafite munsi y’imyaka 40 bavuga rikijyana. Abandi Banyarwanda baruriho ni A...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahuje abakora ubuhinzi mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kugira ngo bigire hamwe uko uru rwego rw’ubukungu rwarushaho kubyazwa amafaranga. Kuge...
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko rwatengushywe n’ikoranabuhanga rwarimo rutegura mu gufasha abagenzi kwishyura ingendo bishingiye ku ntera bakoze. Mu kiganiro Waramutse Rwanda cyo kuri R...
John Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza yabwiye Taarifa ko ubuyobozi bw’ako, ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bako, bazahemba abana bo muri Kayonza Modern School baraye babaye aba mbere mu guha...
Ku bufatanye bwa Minisiteri y’Uburezi n’iy’Ikoranabuhanga na Inovasiyo [MINICT] hamwe n’ikigo cy’u Budage cy’Iterambere, GIZ, hatangijwe gahunda yo gukoresha robo mu mashuri uhereye mu mashuri abanza...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police ( ACP) Boniface Rukitanga avuga ko ikigo cya Polisi gikoresha ikoranabuhanga mu gukora ibizamini giherutse gutangizwa mu Karere ka Kicuk...
Moïse Nkundabarashi uyobora Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda avuga ko kuba u Rwanda rwarashyizeho ikoranabuhanga mu rwego rw’ubutabera byagize akamaro ariko ko muri iki gihe riri kunozwa. Avuga ko ryafash...
Iyi Banki yifatanyije n’ikigo kitwa Network International (Network) mu kongerera imbaraga urwego rw’imari rukoresha ikoranabuhanga, fintech. Ikigo Network gisanzwe kizobereye mu byo gutanga izi serivi...









