Ishuri ryigisha ikoranabuhanga mu Rwanda ryo mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu rigiye kwagurwa, ryongererwe inyubako n’ibikoresho. Ni umushinga uzakorwa ku bufatanye n’Ikigo cy’Abanya Koreya...
Mu kiganiro yahaye abitabiriye Inama y’iminsi ibiri yaraye itangiye mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yavuze ko imikoranire hagati y’abikorera ku giti cyabo na Leta ishobora guteza imbere Afurika kuko k...
Abakora mu rwego rwa za Banki mu Rwanda bavuga ko hari gahunda yo kuzamura ikoranabuhanga rikoreshwamo kugira ngo bigirire akamaro abakiliya babo kandi bibe ibya buri munsi. Banki nkuru y’u Rwan...
Kazibwe Paulian ushinzwe imari muri Airtel Rwanda yatangaje ko kuva gahunda ya Connect Rwanda yatangira muri Kamena, 2023 ubu telefoni 520,000 zimaze guhabwa abaturage. Yabivugiye mu Karere ka Rusizi ...
Ku bufatanye bw’inzego zitandukanye harimo n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iby’Ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera Umuguzi (RICA)hafatiriwe ibikoresho by’ikoranabuhanga byiganjemo...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’iz’ikoranabuhanga, Airtel Rwanda, kizasubukura gahunda ya Connect Rwanda. Mu mwaka wa 2023 yari yarasubitswe kuko gahunda y’uwo mwaka yari ...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inama mpuzamahanga yiswe Global Citizen Now ko ishoramari rikomeye u Rwanda rwakoze ari uguhuza Abanyarwanda bakunga ubumwe. Umukuru w’Igihugu yavuze ko ibikomere k...
Prof.Jeannette Bayisenge ushinzwe abakozi n’umurimo avuga ko ibura ry’ikoranabuhanga mu mirimo itandukanye ndetse n’igishoro kidafatika biri mu by’ibanze bidindiza umusaruro w’abakozi mu Rwanda. Aho i...
Mu rwego rwo gufasha ibigo na za businesi kumenyekanisha ibikorwa byabyo kuri murandasi, Ikigo RICTA( ni ikigo kitari icya Leta) cyatangije uburyo bwo kugabanyiriza abantu igiciro kuri serivisi yo kw...
Phocas Mazimpaka ushinzwe ishami ryo gukumira indwara mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima avuga ko abashakashatsi b’iki kigo bari gukora igerageza ngo barebe akamaro ko gukumira malaria binyuze mu gu...









