Abakora muri za Kaminuza barimo abahigisha nbaganiriye n’impuguke za Kaminuza n’abandi bafite aho bahuriye no guhanga udushya kugira ngo babafashe kuzamura ubumenyi muri iyo mikorere. Kunoza ibintu (i...
Ahitwa mu Rugando mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo haherutse gufungurwa icyumba cy’ikoranabuhanga mu gukora ibikoresho bikora nk’abantu bita robots kigenewe abana bakiri bato muri rusange....
Mu masaha make ashize Polisi y’u Rwanda yasubije Umuyapanikazi ibyuma by’ikoranabuhanga yari aherutse kwibwa. Polisi y’u Rwanda yafashe abantu batatu ikekaho uruhare muri ubwo bujura. Umuyapanikazi wa...
Mu gihe mu Rwanda hateganywa inama izahuza abahanzi barenga 20 muri Afurika, bagenzi babo bo mu Rwanda bagirwa inama yo kwagura imikoranire na bagenzi babo bo kuri uyu mugabane. Imwe mu mpamvu abahan...
Joseph Nsengimana uyobora Minisiteri y’uburezi avuga ko Guverinoma y’u Rwanda ishaka ko abanyeshuri bo hirya no hino bagira umuco wo kurushanwa mu guhanga udushya mu ikoranabuhanga ryo mu ngeri zose. ...
Mu mpera z’Ukwakira, 2024 muri Kigali Convention Center hazabera inama mpuzamahanga iziga ku iterambere ry’ikoranabuhanga rikoresha telefoni. Ni inama yiswe GSMA MWC. Izaba hagati y’italiki 29 n’itali...
Perezida Paul Kagame avuga ko aho uburezi mu Rwanda bugeze ari heza ariko hakiri byinshi byo gukora ngo bugere ku rugero rwo hejuru, rwifuzwa. Bikubiye mu ijambo yagejeje ku baje mu muhango wo kurahir...
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka Umudugudu w’ikoranabuhanga Kigali Innovation City, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko niwuzura ukwiye kuzabera abashoramari mpuzamaha...
Ikigo cy’umuherwe Elon Musk gikora imodoka zifite ikoranabuhanga rituma zitwara kitwa Tesla cyazishyizemo irindi koranabuhanga bita ASS( Actually Smart Summon) rizajya rituma nyirayo ayibwira ikamusan...
Guverinoma y’u Rwanda igiye gushinga ikigega kizatera inkunga abashaka gukora ikoranabuhanga rigenewe abahinzi kizatangirana ingengo y’imari ya Miliyoni $2, bakise “Hanga Agritech Innovation Challeng...









