Uwayezu Arielle wamamaye ku izina rya Ariel Wayz avuga ko ikitishe umuntu kimukomeza, akemeza ko mu myaka ine amaze akora umuziki yakoze amakosa menshi, ananizwa na benshi ariko ntiyacika intege. Ubu ...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali bwinjiye mu buryo bwo guhererekanya amafaranga bikozwe n’abaturage b’ibihugu bigize isoko rya Afurika bigakorwa nta vunjisha ribanje kubaho. Ni ubufatanye Banki ya Kigali...
Mu ijambo yavuze nk’Umushyitsi mukuru mu Nama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga mu by’imari, Inclusive FinTech Forum, Perezida Paul Kagame yasabye ko Leta zikwiye gukorana n’abikorera kugira ngo aba...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije umushinga yise One Million Coders Initiative ugamije ko igihugu kizaba gifite abantu miliyoni imwe bakora porogaramu za mudasobwa bita Coders. Umunyamabanga Uhoraho mur...
Binyuze mu guhanahana amakuru no gufatanya mu gukurikirana abanyabyaha, Polisi zo mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba ziyemeje guhangana n’ibyaha byambukiranya imipaka, bigakorwa binyuze mu ikoranab...
Mu rwego rwo kwifatanya na Leta y’u Rwanda mu kugabanya ibyuka ibinyabiziga byohereza mu kirere, mu Mujyi wa Kigali hakomeje gutangizwa uburyo bworohereza abamotari cyangwa abandi babishaka gutunga mo...
Forbes yanditse ko mu mezi 12 ashize nta muntu winjije Amadolari y’Amerika menshi kurusha abandi ku isi nka Mark Zuckerberg. Kugeza mu Ukuboza, 2024 yinjije Miliyari $112.6, akaba abarirwa yose ...
RURA yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki 04, Ukuboza, 2024 mu Mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo umugenzi azajya yishyura urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hak...
Mu Rwanda hagiye gutangizwa gahunda yiswe Rwanda Soil Information System (RwaSIS) izafasha abahinzi b’ibirayi kuzamura umusaruro ku kigero cya 20% mu myaka mike iri imbere. Ni gahunda izakoresha ikor...
Ku bufatanye na Minisiteri ya ICT na Inovasiyo, Airtel Rwanda yatangije murandasi y’igisekuru cya kane bita 4G ikora aho uyifite yaba ari hose mu Rwanda. Izakora mu Rwanda hose ku kigero cya 95% kandi...








