Amakuru ni ikintu cy’ingenzi mu ngeri zose. Bitewe n’ubwoko bwayo, amakuru aba agomba kubikwa mu buryo runaka, ariko icy’ibanze kikaba kuyarinda kwangirika cyangwa kubonwa n’abo adakwiye. Uko imyaka i...
Urubyiruko rw’abanyempano mu ikoranabuhanga rwashyiriweho amahirwe yo kwiyungura ubumenyi, mu mushinga uzafasha benshi kugera ku gishoro abandi bagafashwa kwimenyereza umwuga mu bigo byo mu Rwanda no ...
Microsoft yatangaje ko igiye gukura ku isoko porogaramu ya Internet Explorer, yafashije abantu benshi gusura imbuga zinyuranye za internet guhera mu myaka 25 ishize. Ntabwo yari icyifashishwa n’abantu...
Iyo moteri ni Leta ya California. Bitaganyijwe ko bitarenze tariki 15, Mata, 2021 ibikorwa by’ubucuruzi bwose muri California bizafungura. Ni ibyatangajwe na Perezida Joe Biden,waboneyeho no kuvuga ko...
Itangazo ryasohowe na Minisiteri y’ubutabera kuri uyu wa Kane tariki 25, Werurwe, 2021 rivuga ko iriya Minisiteri irimo kuvugurura uburyo bw’ikoranabuhanga bwifashishwa mu irangiza ry̵...
Ubuyobozi bwa Misiri buri hafi kuzuza Umurwa mukuru Mushya ugiye kubakwa mu bilometero 45 uvuye ku ruzi rwa Nili. Igice cya mbere cy’uyu mushinga kizarangira gitwaye Miliyari 25$. Muri iki gihe ...
Perezida Paul Kagame yaraye ayoboye Inama nyunguranabitekerezo ku iterambere ry’ikoranabuhanga muri iki gihe Isi muri rusange na Afurika by’umwihariko iri kuva gahoro gahoro mu ngaruka z’icyorezo COVI...
Abitoza umukino w’amagare bibumbiye mu ishuri ryigisha igare rya Adrien Niyonshuti yise The Adrien Niyonshuti Cycling Academy baherutse guhabwa amagare afite ikoranabuhanga ribafasha kwitoza batavuye ...
Ikigo cy’Abanyamerika gikora kandi kigatanga serivisi z’ikoranabuhanga Microsoft giherutse kwiyemeza gufasha abakobwa bo muri Africa kongera ubumenyi bwabo mu ikoranabuhanga Abakobwa bazafashwa mu kon...
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, ruri muri gahunda yo gutangira kugenzura ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga, bufasha umuntu guhaha maze akagezwaho ibyo akeneye atavuye mu rugo, ibimaze kumenyerwa nka...








