Ni inkuru nziza ku banyeshuri biga gukora ururimi rukoreshwa na mudasobwa rukorwa mu buhanga bita coding biga muri Rwanda Coding Academy muri Nyabihu. Aba banyeshuri bagiye kuzajya bakorana n’abahanga...
Hasigaye iminsi ine ngo muri California hatangarizwe telefoni ya iPhone 13 izaba ifite ubushobozi bwo gukorana n’icyogajuru k’uburyo umuntu ashobora guhamagara cyangwa kohereza ubutumwa bitabaye ngomb...
Kubera ko abantu muri rusange basanzwe bamenyereye gukora amagambo y’ibanga( passwords) mu buryo bwo kuvanga imibare n’inyuguti, ubu abajura bakoresha ikonabuhanga bamaze kubivumbura, iyo ikaba ari im...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma Dr Vincent Biruta yavuze ko u Rwanda rutigeze na rimwe rukoresha ikoranabuhanga rya Pegasus runeka abarutuye. Ngo ni ibivugw...
Imibare itangazwa na na Polisi mpuzamahanga, Interpol, ivuga ko mu mwaka wa 2020 abakora ubujura bukoresha murandasi( Hackers) batse za Leta n’ibigo byigenga miliyoni 350$ kugira ngo badohore barekure...
Nta kwezi kurashira Perezida w’u Burusiya ahuye na mugenzi we utegeka Amerika bahurira mu Busuwisi. Icyo gihe Biden yaretse Putin urutonde rw’ibigo 16 atagomba kuzahirahira ngo agabeho ibitero by’iko...
Mu murwa mukuru w’u Bushinwa,( Beijing, Pékin) haraye hatashywe gari ya moshi ya mbere ku isi ikoresha ikoranabuhanga rya murandasi y’igisekuru cya gatanu, iyi ikaba ariyo yihuta kurusha izindi zakore...
Guverinoma y’u Rwanda binyuze mu Kigo cyarwo gishinzwe iterambere(RDB) yasiyanye n’ikigo kizobereye mu by’ikoranabuhanga kitwa Tek Experts amasezerano arimo ingingo y’uko iki kigo cyizubaka ikigo kigi...
Ikigo cya Israel gikora ibikoresho na gahunda by’ikoranabuhanga cyakoze uburyo(software) bita Pegasus, bufite ubushobozi bwo kumenya ibyo abantu baganira kuri telefoni zabo bakoresheje uburyo hafi ya ...
Abakobwa biga mu kigo cy’abakobwa kiri ahitwa Maranyundo mu Karere ka Bugesera bamenye ko bagenzi babo ( ibyo bita ikigare), n’imbugankoranyambaga ari bimwe mu bibashora mu byaha birimo gukoresha ibiy...









