Nushaka kumenya neza amateka y’ikigo cy’ikoranabuhanga gikomeye mu isi, Google, bizagusaba kubanza kumenya amazina y’abantu babiri: Larry Page na Sergey Brin. Bombi nibo bashinze ikigo cya Google ubw...
Ikoranabuhanga ryo gutahura isura y’umuntu bita Facial recognition ni bumwe mu buryo inzego z’umutekano zikoresha mu gutahura abagizi ba nabi. N’ubwo iki ubwacyo atari kibi, hari abavuga ko cameras zi...
Abakora mu Kigo Africa In Colors gikorera mu Rwanda bagiye gutangiza icyiciro cya kabiri cy’amahugurwa agamije guha ubumenyi abahanzi, abanyabukorikori n’abandi Banyarwanda babishaka kugira ngo bifash...
Muri iki gihe ikoranabuhanga mu kubika amakuru ryaragutse cyane k’uburyo hari ibyuma bifite ubushobozi bwo kubika amakuru yose yanditse mu bitabo biri muri Nzu y’ibitabo y’u Bwongereza kuko muri iki ...
Ni ngombwa gusobanura ingingo ebyiri zigirana isano iri hagati y’ikoranabuhana n’imari. Imari ni ukuvuga umutungo uvunjwe mu mafaranga umuntu atunze n’aho ikoranabuhanga rivuze uburyo bush...
U Rwanda ku bufatanye na Guverinoma y’u Buyapani bafunguye ikigo gitanga ubumenyi mu by’ikoranabuhanga rigezweho mu karere ka Musanze, cyitezweho kuzamura ubushobozi bw’urubyiruko mu ikoranabuha...
Muri iki gihe guhererekanya amafaranga bisigaye bikorwa kenshi hakoreshwa ikoranabuhanga ariko hari n’abandi barikoresha kugira ngo bibe amafaranga y’abandi. Mu rwego rwo kwirinda ubu bujura, ni ngomb...
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT), MTN Rwanda n’abafatanyabikorwa basubukuye igikorwa cyo gushyikiriza abatishoboye telefoni zigezweho, gahunda yitezweho kugabanya icyuho mu ikor...
Ubwo yasubizaga ikibazo cy’icyo RIB yasanze gishobora kuba gitera abantu kwica amategeko cyane cyane bakabikora bakoresheje ikoranabuhanga, Dr Thierry B. Murangira yavuze ko impamvu y’ingenzi ibitera...
Mu rwego rwo gukomeza kongerera amahirwe yo kwiga abaturage b’u Rwanda muri rusange n’abanyeshuri by’umwihariko, Leta y’u Rwanda yatangije uburyo bushya bw’iyakure bita ‘Atingi’. Atingi ni uburyo buri...









