Bisa nk’aho Donald Trump aha abanyamafaranga agaciro kanini ku buryo abiyegereza muri Politiki akora. Ubu yatangiye gukorana na Larry Ellison umukire wa kabiri ku isi ufite Miliyari $ 233. Ni um...
Ba rwiyemezamirimo biganjemo urubyiruko baraye bahuye na bagenzi babo bakorera muri Kenya babatekerereza iby’ikoranabuhanga bahanze rifasha umuntu kugenzura ubucuruzi bwe bwose mu buryo bukamatanyije....
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, ku bufatanye na IREMBO babwiye abacuruzi ko bashyiriweho uburyo bwo gusora, kwandikisha ubucuruzi n’ibindi bakenera, bakabik...
Ndoli Didas ushinzwe iby’ikoranabuhanga muri MTN Rwanda yatangaje ko umuhigo ikigo akorera cyari kimaze igihe cyari ihaye, cyawesheje kuko cyatangije murandasi y’igisekuru cya gatanu, bita 5G. Hari mu...
Bavuga ko uguhiga ubutwari mutabarana. Ukuri k’uyu mugani kuri kugaragara muri iki gihe hagati y’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk(afite Miliyari $401) na Perezida Donald Trump uyobora Amerika, igiha...
Inzobere zagaragaje ko imiyoborere yifashisha ikoranabuhanga ari ngombwa mu guteza imbere igihugu kugira ngo zigeze igihugu ku iterambere rirambye kandi ridaheza. Mu nama yabaye kuwa tariki 5, Kamena,...
Mu rwego rwo kubafasha guhanga cyangwa kuzamura urwego rw’ishoramari ryabo, ikigo Jack Ma Foundation cyatangaje ko ba rwiyemezamirimo bo muri Afurika bagiye guhatanira igihembo cya Miliyoni $1.5, ni u...
Umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk yatangaje ko yamaze gusezera mu nshingano za Politiki yari yarahawe zo gushyira ku murongo imikorere myiza ya Guverinoma. Inshingano ze zari izo kureba niba nta bako...
Kuri uyu wa Kane mu Mujyi wa Kigali hazatangizwa uburyo bugenewe abajyanama b’ubuzima buzabafasha gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano mu gukusanya amakuru ya serivisi baha abarwayi akabikwa ...
Mu bantu icumi bakize kurusha abandi batuye Afurika, Aliko Dangote aracyari uwa mbere na Miliyari $23.9. We na bagenzi be bagashize, bashoye mu bintu bitandukanye birimo ubucuruzi bwa petelori, ituman...









