Uwavuga ko ikintu gikomeye cyavuzwe mu Rwanda ku wa Mbere taliki 06, Kamena, 2022 ari ikoranabuhanga ntiyaba abeshye! Muri Kigali Convention Center hatangirijwe ku mugaragaro inama mpuzamahanga mu gu...
Ubwo yagiraga icyo abwira abari baje kwitabira Inama yigaga ku ikwirakwizwa ry’umuyoboro wa murandasi yihuta ukoresheje uburyo bwa Broadband, Perezida Kagame yavuze ko n’ubwo ibihe biri imbere bishobo...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yafunguraga inama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga ku ruhare rw’urubyiruko mu kuzamura ubukungu bw’isi binyuze mu ikoranabuhanga, yavuze k...
Bamwe mu bafite ubumenyi mu ikoranabuhanga babukoresha mu kwica amategeko ndetse no kusibanganya ibimenyetso byashingirwaho mu gushakisha telefoni zibwe. Bamwe mu babikora baherutse gufatwa na Polisi ...
Guhera kuri uyu wa Gatatu taliki 11, kugeza taliki 13, Gicurasi, 2022 mu Rwanda hazabera inama ibaye bwa mbere muri Afurika ihuriyemo abantu 850 baturutse mu bihugu 73 byo hirya no hino ku isi, iziga...
Umukuru w’u Rwanda avuga ko n’ubwo Abanyafurika benshi(80%) bafite telefoni zigendanwa kandi zifite ubushobozi bwo kwakira murandasi, abenshi muri aba badafite murandasi ihagije abandi ntibagire namba...
Elon Musk yatangaje ko yiteguye kwishyira miliyari 41$ akagura urubuga nkoranyambaga rwa Twitter. Avuga ko narugura ruzunguka cyane kuko azaruha uburyo bwo gukora nk’ikigo cy’umuntu umwe wikorera ku g...
Inzego z’iperereza za Israel zatangiye iperereza ryagutse ryo gusuzuma ibiherutse gutangazwa n’abanyamakuru ko ibikombe Ambasade y’u Bushinwa iherutse guha Minisiteri zitandukanye za Israel birimo utw...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro ikigo cya mbere muri Afurika kizajya kigirwamo kandi kigakorerwamo iby’ikoranabuhanga ry’ikiragano cya kane bita Centre for Fourth...
Mu Busuwisi hasohotse igare ryakorewe abafite ubumuga rizamuka zikanamanuka amadarajya( escaliers). Baryise Scowo Bro, rikaba rigura ama Euro 35,000. Rikozwe k’uburyo iyo rigeze ahantu hari amadarajy...









