Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Madamu Ingabire Paula aherutse gutangaza ko Leta y’u Rwanda ifite gahunda y’uko mu myaka ibiri iri imbere, abaturage bose bazaba baramaze kumvishwa akamaro ko ...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yabwiye abatuye Umurenge wa Kinazi mu Karere ka Huye ko Leta iri kureba uko bidatinze Abanyarwanda bose batangira kwishyura amafaranga mu...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yakiriye mugenzi we uyobora Urwego nk’uru muri Kenya ngo baganire imikoranire. Kenya ni kimwe mu bihugu byo mu...
Mu Rwanda hateraniye Inama mpuzamahanga ihuje abakora ubugenzacyaha ku byaha by’ikoranabuhanga ngo barebere hamwe uko bakomeza gukorana kugira ngo babitahure, babikumire ndetse banabigenze. Iyi nama y...
Umwe mu bacuruza ibyuma by’ikoranabuhanga mu Murenge wa Kimironko mu Karere k Gasabo witwa Annualite Ingabirezimana avuga ko amabwiriza yasohowe mu igazeti ya Leta y’uko bitarenze amezi atatu buri wes...
Leta y’u Rwanda n’iy’u Buyapani biherutse gutangira imikoranire mishya ishingiye k’ikoranabuhanga u Buyapani bwahaye abaganga bo mu Rwanda bwo kuzabafasha guhanahana amakuru ku barwayi n’uburyo bugezw...
Mu rwego rwo gufasha abaturage gutura mu nzu zisa neza kandi zidahenze, hari gahunda y’uko mu mwaka wa 2028 hazubakwa inzu 700,000. Muri zo 70% zigomba kuba ari inzu zidahenze k’uburyo Umunyarwanda uf...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu bigize Commonwealth byashoye mu rubyiruko kugira ngo rube ari rwo ruzabizanamo iterambere rirambye. Yaraye y...
Urwego rw’igihugu ry’ubugenzacyaha rumaze icyumweru ruhugura izindi nzego z’umutekano mu kugenza no gufata abanyabyaha bataraboneka kugeza ubu. Ni amahugurwa yamaze Icyumweru. Umuyobozi mu Rwego rw’i...
Ni ibyemejwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryangano mpuzamahanga ugamije guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho witwa Digital Cooperation Organisation, Deemah Alyhay. Yabivuze nyuma yo gusinyana ama...









