Mu rwego rwo gufasha abaturage babitsa muri Banki zo mu Rwanda kugeza ibibazo byabo kuri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), iki kigo cyabashyiriyeho uburyo kise ‘Intumwa Chatbot’. Ni uburyo bw’ikoranabuhan...
Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga harimo no guhugura abaryize kitwa Polygon cyatangije umwiherero ugamije gufasha Abanyarwanda bazi ikoranabuhanga kongera ubumenyi muri uru rwego. Ni amasomo baz...
Bisa n’aho byabaye korosora uwabyukaga ubwo Abanyarwanda bategekwaga kujya bishyura bakoresheje telefoni n’ubundi buryo bw’ikoranabuhanga hirindwa gukwirakwiza COVID-19. Ku ikubitiro benshi ntibabyumv...
Abagenzi batega yaba bisi cyangwa moto bashyiriweho ikarita nshya yo kwishyura. Ni ikarita bise SafariBus yakozwe n’Ikigo Centrika ikaba yari imaze iminsi igeragerezwa mu Karere ka Musanze. Ikigo Cent...
Mu Mujyi wa Shenzhen mu Bushinwa ahasanzwe hagurirwa ibikoresho by’ikoranabuhanga byinshi kurusha ahandi ku isi, ubu hafunzwe mu rwego rwo gukumira ko abantu bakomeza kwanduzanya COVID-19. Ni icyemezo...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 19, Kanama, 2022 mu Rwanda hazatangizwa ubufatanye bw’inzu ndangamurage z’u Rwanda n’ikindi kigo mpuzamahanga hagamijwe gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kurinda ibyaran...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’ikoranabuhanga gifite muri serivisi zacyo imikorere y’urubuga IREMBO witwa Israël Bimpe avuga ko hari gahunda bafite yo kuvugurura uru rubuga rukagendana n’uko ikoran...
Kimwe mu bintu by’ingenzi bikubiye mu mabwiriza mashya aherutse gusohorwa n’Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA) ni ibih...
Polisi ifatanyije n’uwari wibwe Moto yashakishije iyi moto iza gufatirwa mu gihugu aho uwari wayibye yari yayihishe. Ukekwaho ubu bujura yitwa Ndatimaba nawe akaba yafashwe. Kugira ngo ifatwe byatewe ...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yaraye avuze ko ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza mashya aherutse gusohorwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera abaguzi ...









