Abahanga mu ikoranabuhanga b’Abanyarwanda bahuye baganira aho murandasi igeze igera ku Banyarwanda kugira ngo ibafashe mu iterambere ryabo. Ni inama yateguwe n’Ikigo nyarwanda gishinzwe kurinda indang...
Kubera ko isi iri kwihuta mu ikoranabuhanga, abashinzwe gukusanya imisoro n’amahoro nabo bavuga ko uru rwego rutagomba gusigara inyuma. Ni muri uru rwego i Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahuri...
Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000. Mbere y’uko ibi byose byon...
Huawei Rwanda( ishami ry’Ikigo Huawei cyo mu Bushinwa mu Mujyi wa Shenzhen) yatangije ihatana rya gihanga mu banyeshuri 10,000 bazi ikoranabuhanga muri Kaminuza zo mu Rwanda kugira ngo abazatsinda baz...
Ikigo Mastercard kivuga ko cyishyize hamwe n’ikindi bita Cellulant mu gushyiraho uburyo bushya bwo kugura no kwishyura ibintu bitandukanye ahari aho hose ku isi bemera ikarita ya MasterCard. Ikigo Cel...
Ku nshuro ya mbere, muri Afurika habereye inama mpuzamahanga yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa ryakomeza gutezwa imbera ku isi no muri Afurika by’umwihariko. Perezida Kagame yavuze ko buryo urubyiruk...
Airtel Rwanda yashyize ku isoko icyuma gitanga murandasi kitwa Airtel Pocket WIFI Pro kigurwa Frw 25,000. Ni ikiguzi kiza kubera ko mbere iki gikoresho cyagurwaga FRW 35,000. Abayobozi muri Airtel ba...
Ubuyobozi bwa Canal + Rwanda bwaraye bukoresheje ibirori byo gutangaza k’umugararo ko ubu ikigo Zacu TV ari icya Canal + Rwanda kandi ko kigiye kujya cyerekana filimi zikinwe n’abanyamahanga ariko bav...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasuye mugenzi we uyobora Singapore witwa Madamu Halimah Yacob uyobora Singapore baganira uko umubano w’ibihugu byombi wakomeza kuzamurwa. Kuri Twitter y’Ibiro by’Umukur...
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano hagati ya Kaminuza y’u Rwanda na Kaminuza yigisha ikoranabuhanga iri mu zikomeye muri Singapore. Ni Kaminuza yitwa Nanyang Technological Univ...









