Mu Butayu bwitwa Taklimakan buri mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’u Bushinwa hatashywe uruganda rucukura rukanatunganya ibikomoka kuri petelori rubikuye muri kilometero icyenda mu kuzimu. Uru...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu yakiriye $100,000 yatanzwe n’ikigo kitwa Liquid Intelligent Technologies azafasha mu gushyira ikoranabuhanga mu nzibutso za Jenoside ya...
Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu irashaka gukorana n’izindi nzego mu rwego rwo guha inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi zo ku rwego rw’igihugu ikoranabuhanga ryerekan...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inama mpuzamahanga ivuga ku ikoranabuhanga yiswe Transform Africa Summit ko iyo ikoranabuhanga rikoreshejwe mu buryo bwiza kandi bufatika, ryorohereza ubucuruzi bwa...
Mu Mujyi wa Kigali hateraniye inama yahuje ibigo bya Leta n’iby’abigenga bifite aho bihuriye n’ikoranabuhanga yateguwe n’Ikigo gikwiza ikoranabuhanga RICTA yatangirijwemo ikoranabuhanga bise RINEX. Ri...
Perezida Kagame yakiriye Prof. Dr Guillaume Marescaux uyobora Ikigo gikora ubushakashatsi kigatanga n’amasomo mu kubaga umuntu hifashishijwe ikoranabuhanga (IRCAD Africa). Yari kumwe n’intumwa yaje ...
Kuva Elon Musk afata Twitter ngo ayiyobore, imaze guhomba miliyari £20 ku yo yari yiteze kuzunguka. Ubwe aherutse kubwira abakozi be ko mu kigega cya Twitter hasigayemo miliyari £16 gusa. Uyu mugabo ...
Ikoranabuhanga rigezweho muri iki gihe riri gukora uko rishoboye ngo hakorwe imashini zitanga amashanyarazi akomoka ku muyaga azajya atwara ubwato. Abahanga bavuga ko ubwato bugezweho muri iki gihe bu...
Perezida Kagame avuga ko hari ibintu bitatu u Rwanda rukeneye kugira ngo rukomezze gutera imbere: Ibyo ni abantu, ikoranabuhanga no guhanga udushya. Hari mu kiganiro yahaye umuyobozi w’ikigo Zipline, ...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, mu Karere ka Nyagatare habereye umuhango wo kuwizihiza ku rwego rw’u Rwanda. Abanyarwandakazi bavuga ko ikoranabuhanga mu itumanaho ryabafashije ...









