Umukuru w’u Rwanda yaraye abwiye bagenzi be bitabiriye inama iri kubera muri Cuba ihuza Ubushinwa n’ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere ko n’ubwo muri rusange ibi bihugu bikennye ariko byagira icyo ...
Inama itangwa n’ikigo gifite mu nshingano kubungabunga indangarubuga ya .rw ku bakoresha murandasi mu bikorwa bya buri munsi, RICTA, ivuga ko abakoresha indangarubuga nka .com ni izindi zinyuranye ba...
Kubera ko ikoranabuhanga riri hose kandi ritanga amahirwe y’ubucuruzi, ubumenyi n’ibindi, ni ngombwa ko abifuza kuribyaza umusaruro bagira ahantu runaka bajya bacisha ibyo bakora cyangwa bazi. Aho bah...
Mu rwego rwo kuzoroherereza abakora ibarurishamibare mu myaka iri imbere, Ikigo gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho n’Isakazabumenyi (RISA), kigiye gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kubika amak...
BlackBerry yamenyekanye ku isi nk’uruganda rukora telefone zigezweho kandi zigeze no gukundwa cyane mu Rwanda kubera ikoranabuhanga zari zikoranye riziha umutekano ku buryo kwinjira mu makuru y’abazik...
I Kigali mu Rwanda hari kubera inama yo kurebera hamwe uko ikoranabuhanga ryarindwa abagome barikoresha biba cyangwa bakora ibindi byaha. Ni inama yitabiriwe n’abantu 2500 baturutse hirya no hino ku i...
Minisitiri w’ikoranabuhanga na Inovasiyo Paula Musoni Ingabire avuga ko u Rwanda rufite gahunda yo kuzamura ubumenyi bw’abarwigamo kugira ngo bateze imbere ikorabuhanga muri rusange bityo rigere n’aha...
Elon Musk yaraye atangaje ku mugaragaro ko inyoni yarangaga urubuga nkoranyambaga rwe, Twitter, yahindutse ubu yagizwe inyuguti ya X. Ubutumwa umuntu azajya yandika abucishije kuri uru rubuga bugombwa...
Guhera taliki 01 kugeza taliki 02, Kanama, 2023, abahanga mu ikoranabuhanga bazateranira mu Rwanda bungurane ibitekerezo by’uko ikoranabuhanga ryakomeza kuba igisubizo ku bibazo bya muntu. Ni inama ya...
Umunyamategeko wa Twitter avuga ko ari gutegura ikirego cyo kurega urubuga rushya rumaze igihe gito rutangijwe rwitwa Threads kubera ko ngo abahanga barwo bibye Twitter ikoranabuhanga. Mu minsi mike i...









