Mu rwego rwo kwirinda ingaruka mbi ziterwa n’imvura nyinshi harimi n’imyuzure, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwamuritse ahantu 15 hari ibikoresho bitanga impuruza ku bwinshi bw’imvura ishora ishobora ...
Umwanditsi witwa Micheal Lewis aherutse kuvuga ko kimwe mu bintu bitangaje yumvanye umuhanga mu by’imibare witwa Sam Bankman Fried uherutse gukatirwa gufungwa imyaka 115 nyuma yo kuriganya abatuye i...
Ku bufatanye bwa Kaminuza nyafurika yigisha imibare na siyansi, African Institute of Mathematicak Sciences, AIMS, na Master Card Foundation, abarimu 700 bigisha imibare na siyansi baraye bahawe impamy...
Mu kiganiro yahaye abitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiga ku hazaza h’isi muri iki gihe ibintu byicara bihinduka, Perezida Kagame yavuze ko iyo ushoye mu kubaka ubushobozi bw’abantu, wungukira henshi ...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko iyo urebye uko isi yihuta, ukareba uruhare ikoranabuhanga ribigiramo, uhita ubona ko kurigeza ku bantu bose ari ikintu kihutirwa. Yabivugiye mu nama mpuzamahang...
Ubufatanye bwa Airtel Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana bwatumye kuri uyu Kabiri hamurikwa ku mugaragaro ikoranabuhanga rikoresha murandasi yatanzwe na Airtel Rwanda ngo ifashe ab...
Umunyamabanga Mukuru wa Polisi mpuzamahanga Jürgen Stock yifatanyije n’Inzego z’ubutabera n’umutekano mu Rwanda mu gikorwa cyo gufungura inzu ngari irimo ikoranabuhanga ry’icyitegererezo mu gutahura, ...
Ubuyobozi muri Minisiteri y’ubuzima bufatanyije n’ubw’ikigo IRCAD bafunguye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro ikigo abahanga mu buvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda bazajya bakoreramo ubushaka...
u Rwanda ruhagarariwe na Ambasaderi warwo muri kiriya gihugu Uwihanganye Jean de Dieu rwasinyanye amasezerano n’iki gihugu cyo muri Aziya yo gukorana mu by’ikoranabuhanga, kugabanya ubukana bw’ibyuka...
Niba ushobora kubwira abantu ibyo ucuruza, aho ubicururiza, igiciro cyabyo n’uburyo bakugeraho kandi ukabikoresha ikoranabuhanga, kuki utatabariza umuntu usanze yagize ibyago? Telefoni igendanwa ni in...









