Mu Karere ka Gasabo hagiye kubakwa umudugudu uzahangirwamo iby’ikoranabuhanga witswe Kigali Innovation City. Ni umushinga mugari kandi wihariye muri Afurika uzatuma u Rwanda ruhinduka igicumbi cy’aba...
Bboxx yatangaje ko mu rwego rwo kurushaho gukorana n’Afurika muri rusange n’u Rwanda by’umwihariko, igiye kwimura icyicaro cyayo kikava i London mu Bwongereza kigashyirwa i Kigali mu Rwanda. Gis...
Abakobwa bafite hagati y’imyaka icyenda n’imyaka 16 y’amavuko biga mu mashuri yisumbuye bahurijwe hamwe bibutswa ko kwiga ikoranabuhanga ari ingenzi mu myigire n’iterambere ryabo. Kubahuza byakozwe n’...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngitente yabwiye abanyacyubahiro bari mu Murwa mukuru wa Estonia witwa Tallinn ko u Rwanda rukora ibishoboka byose ngo abarutuye n’abarugenda bagerwaho n’ibyiza by’ikor...
Ikigo gikora ibyuma by’ikoranabuhanga na serivisi zabyo kitwa Apple kiraburira abantu batunze telefoni za iPhones, mudasobwa za Macs n’ibindi byuma bita iPads ko ikoranabuhanga bakoreshaga ryagize iki...




