Abarwanyi ba M23 batangaje ko bafashe ikirwa kinini muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, giherereye mu kiyaga cya Kivu kirwa Ijwi. Gisanzwe gituwe n’Abanye-Congo barimo abavuga kandi bakumva nez...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yatabiriye umunsi wo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bw’ibirwa bya Bahamas. Ni isabukuru yizihijwe ku nshuro ya 50. Umurwa mukuru wa Bahamas wit...
Kuri uyu wa Kane taliki 29, Kamena, 2023 nibwo Ibirwa bya Seychelles byizihije umunsi byaboneyeho ubwigenge. Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame nibo bari abashyitsi bakuru muri iki gikorw...
Abatuye Umurenge wa Macuba mu Karere ka Nyamasheke hafi y’ikirwa kitwa Kirehe bavuga ko Ubuyobozi bw’Akarere kabo bwafatanyije na REG kubaha ibyuma bitanga imirasire y’izuba bidakora. Ibyo byuma ngo b...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Samuel Dusengiyumva yabwiye abatuye Umurenge wa Boneza mu Kagari ka Bugarura(kari mu Kirwa) ko bagomba kuzirikana kujya batanga amakuru k...
Perezida Paul Kagame yabwiye Abagize Inteko ishinga Amategeko ya Jamaica ko u Rwanda rwiyemeje kuzakorana bya hafi n’igihugu cyabo mu nzego zirimo no gukomeza ubumwe bw’ababituye. Yabivugiye mu ruzind...
U Buyapani ni igihugu gifite byinshi kihariye kurusha ibindi ku isi ariko icy’ingenzi kurusha ibindi ni uko abaturage bacyo baramba kurusha abandi ku isi. Ni igihugu cya gatatu gikize kurusha ibindi k...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye Madamu Valentine Sendanyoye Rugwabiza yaraye asinyanye na mugenzi we uhagarariye Ikirwa cya Grenada kiri mu Birwa bya Caraïbe. Ni ikirwa kigizwe n’ibirwa ...







