Nyiragongo ni ikirunga giherereye mu gace kagizwe n’imisozi miremire yo muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo ituranye n’u Rwanda. Iherutse kuruka yimura abantu ibihumbi aho irangirije kuruka mu nda ...
Perezida Félix Tshisekedi yavuze ko atifuza ko abaturage bihutira gusubira mu byabo mu mujyi wa Goma, kubera ko impungenge ku ngaruka z’ikirunga cya Nyiragongo zitararangira. Iki kirunga cyarutse ku w...
Ibintu bikomeje guhindagurika buri kanya bijyanye n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru bwategetse ko abatuye igice kimwe cy’Um...
Inzego z’ubyobozi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zimaze kubarura abantu 31 bishwe n’iruka rya Nyiragongo ryo ku wa 22 Gicurasi, ndetse ibihumbi byinshi by’abaturage bavanywe mu byabo. Iyi mibar...
Inzu zimwe zo mu Karere ka Rubavu zikomeje gusaduka kubera imitingito ikomeje kuba myinshi, ishingiye ku iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ryabaye ku wa Gatandatu. Umwe mu bamaze guhura n’iki kibazo ni...
Abaturage bagera ku 8000 baturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bahungiye mu Rwanda kubera ubwoba bw’ingaruka z’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Kugeza ubu cyacogoye, barimo gusubira iwabo....
Hari abaturage bo muri Repubulika ya Demukakarasi ya Congo baraye bahungiye mu Rwanda banga gutwikwa n’amahindure y’ikirunga Nyiragongo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu nibwo amakuru ...
Abaturage baba mu mirenge ya Cyanzarwe na Mudende mu Karere ka Rubavu bavuga ko guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hari ikirunga kiri kuruka. Bamwe bari babwiye RBA ko ari Nyiragongo ari...







