Ikigo cyo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo gishinzwe kureba imikorere y’ibirunga kitwa l’Observatoire Volcanologique de Goma (OVG) gitangaza ko ikirunga cya Nyamulagira gikomeje kuruka. Cyabitan...
Mu Mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bafite ubwoba ko ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka kikabavana byabo. Ku wa Gatanu ,ahagana saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, (18h30...
Abahanga mu by’ibirunga baremeza ko mu nda y’ikirunga cya Nyamuragira hari gutogotera amahindure k’uburyo abagituriye cyane cyane abatuye i Goma basabwa kuryamira amajanja. Ubukana bw’ayo mahindure bw...
Ubuyobozi bwa Philippines( ni igihugu kiri mu bikikijwe n’ibirunga byinshi kandi biruka)bwaraye bwimura abaturage benshi mu rwego rwo kubahungisha ikirunga cyatangiye kuzamura amahindure. Iki kirunga...
Mu Kirere cya Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hari ikirunga kitwa Nyamuragira kiri kwerekana ibimenyetso by’uko gishobora kuruka mu gihe gito kiri imbere. Guhera kuwa Gatanu...
Ikigo gishinzwe kugenzura ibirunga giherereye i Goma cyasabye abaturage b’aho kuba biteguye ko igihe icyo ari cyo cyose bahunga kubera ko hari ibimenyetso by’uko ikirunga cya Nyamuragira ‘gishob...
Abaturage b’i Goma bafite ubwoba bw’uko Ikirunga Nyiragongo gishobora kongera kuruka vuba aha. Ubwoba bwabo buraterwa n’uko hashize iminsi bumva imitingito itaremereye cyane ariko ishobora kuba ikime...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’ibirunga mu mpera z’Icyumweru gishize(hari ku wa Gatandatu tariki 24, Nyakanga, 2021) basohoye itangazo ribwira abaturiye ikirunga cya Nyiragongo kugira ibyo bitwara...
Perezida Kagame yahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ajya kumwereka ubukana bw’umutingiro n’amahindure byarutswe na Nyiragongo bikangiza Umujyi wa Goma. Uru...
Nyuma y’Icyumweru kirengaho iminsi mike abacuruzi bo mu mujyi wa Rubavu bahagaritse imirimo batinya ko imitingito yabagirira nabi, mu ntangiriro z’iki Cyumweru akazi kasubukuwe. Hari hashize igihe mur...









