Mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera haravugwa inkuru mbi y’abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe, umwe abasha kuvanwamo ari muzima ariko abandi babiri baracyashakishwa. Umunyamabanga nshingwabikor...
Umugabo witwa Gafurafura Claver w’imyaka 47 y’amavuko yatabawe akiri muzima nyuma y’amasaha 29 yagwiriwe n’ikirombe. Mugenzi we wahuye n’ibi byago witwa Niyonsaba Eric w’imyaka 43 y’amavuk...
Abaturage bo mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo bavuga ko hari abantu batatu kuri uyu wa Kane bagwiriwe n’ikirombe, umwe muri bo akaba ari umugabo wari wasize ubwiye umugore we ko agiye gushakish...
Mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza haraye inkuru mbi y’urupfu rw’abantu batandatu bagwiriwe n’ikirombe barapfa. Mu Mudugudu wa Rwinkwavu mu Kagari ka Nkondo mu Murenge wa Rwinkwavu niho byar...
Abasore bitwaje imihoro n’ubuhiri bo mu Murenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera batemye abashinzwe kurinda umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro babasiga ari intere. Nyuma yo kubatema baracits...
Major (Rtd) Paul Katabarwa n’abandi bantu bane bavugwa mu bucukuzi bw’ikirombe giherutse kugwamo abantu batandatu barimo bana bane, baraye bitabye urukiko. Katabarwa aregwa gukora ibikorwa by’ubucukuz...
Mu Karere ka Muhanga hari umugabo witwa Nyabyenda Straton w’imyaka 49 wapfuye nyuma yo kugwirwa n’igitaka cyamanuwe n’imashini ifasha abacukura amabuye y’agaciro gukora akazi kikamurengera akabura umw...
Mu Karere ka Gakenke, Umurenge wa Ruli, Akagari ka Jango, Umudugudu wa Murehe yatabawe Habarurema w’imyaka 23 wari waburiwe irengero guhera kuri uyu wa Gatatu mu cya kare, nyuma y’uko hari ikirombe c...
Mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’umugabo witwa Habarurema waguye mu kirombe gifite metero ziri hagati ya 50 na 60 z’ubujyakuzimu. Umuhati wo kumubona n’ubu ntacyo uratanga. ...
Yitwa Mukamurara Valentine, akaba afite imyaka 57 y’amavuko. Yapfiriye mu kirombe kiri mu Murenge wa Mwurire mu Karere ka Rwamagana ubwo agwirwaga mu mutwe n’ibuye rinini bikamuviramo urupfu. Ni inkur...









