Abanyarwanda bakuru bazi ko mu myaka irenga 30 ishize hari ibiti byeraga mu Rwanda ariko ubu byacitse kubera ubwiyongere bw’abaturage bakenera aho gutura, guhinga no kwagurura imijyi. Icyakora abahang...
Dr Adesina Akinumi uyobora Banki Nyafurika y’Iterambere avuga ko bibabaje kuba Afurika igirwaho ingaruka zituma ihomba Miliyari $ 7.15 kubera ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere kandi nta ruhare run...
Hazaba ari ku wa Mbere Taliki 25, Nzeri, 2022 ubwo abayobozi b’ibihugu byo mu Muryango w’Abibumbye bigera ku 193 bazahurira i New York ngo basuzumire hamwe aho bageze bashyira mu bikorwa intego zo kur...
Perezida Paul Kagame yasabye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga uko ibyo gutwara abantu n’ibintu mu ndege byakoroshywa, ko bagomba kureba uko ibihugu by’Afurika byashyira mu bikorwa amasezerano yo gu...
Ni ibyemezwa n’ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’abagore. Buvuga ko bimwe mu byugarije abagore bo muri Afurika muri iki gihe ari ingaruka z’imihagurikire y’ikirere. Yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakur...
Abaturage b’u Bwongereza barasa n’abiruhukije kubera ko ubushyuhe bwari bumaze iminsi bubarembeje bwasimbuwe n’imvura nyinshi irimo inkuba n’umuyaga. Icyakora abashinzwe iteganyagihe bavuga ko hakiri ...
Abatuye imijyi irenga 10 mu Bushinwa bari mu kaga ko kwicwa n’umwuma kubera ko ikirere kirimo ubushyuhe bwinshi cyane. Ni ubushyuhe burengeje 40C. Abaganga bavuga ko ubushyuhe bungana na 37C aribwo bu...
Mu masaha yo mu gitondo cya kare kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Mata, 2022 indege ya RwandAir bivugwa ko yari ivuye i Nairobi ijya Entebbe muri Uganda yagushishwe mu gishanga n’abapilote nyuma yo kub...
Ingabo z’u Burusiya zabaye zigenjeje amaguru macye mu ntambara zatangije muri Ukraine nyuma y’uko urubura ruherekejwe n’ubukonje bukabije biziguye hejuru. Ubu mu bifaro byazo ziratuje zitegereje ko ik...
Mu mateka y’umubumbe w’isi , nta na rimwe abantu bigeze barekura umwuka uhumanya ikirere myinshi nk’uko byagenze mu mwaka wa 2021. Imibare iherutse gutangazwa ivuga ko mu kirere harekuriwe...









