Iteganyagihe ryo kuva tariki, 11 kugeza ku ya 20, Gashyantare, 2024 ryemeza ko ingano y’imvura iri hagati ya milimetero 20 na 160 ari yo iteganyijwe kugwa mu bice bitandukanye by’u Rwanda kuzageza mu ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, kiraburira inzego zirebana n’iterambere n’izindi zireba imibereho y’abaturage ko muri Mutarama, 2024 ikirere...
Mu rwego rwo kwirinda ingaruka mbi ziterwa n’imvura nyinshi harimi n’imyuzure, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwamuritse ahantu 15 hari ibikoresho bitanga impuruza ku bwinshi bw’imvura ishora ishobora ...
Guverinoma y’u Rwanda iri gukora uko ishoboye ngo ice ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi cyane cyane mu Mujyi wa Kigali. Iyi niyo mpamvu mu gihe gito kiri imbere abawugendamo bazajya bagende...
Ingabo za Israel zaraye zirashe bombe nyinshi mu bice zari zizi ko byihishemo umugabo witwa Asem Abu Rakaba zivuga ko ari we wateguye ibitero by’abarwanyi ba Hamas baherutse kugaba baturutse mu kirere...
Mu buryo butunguranye, iteganyagihe rya Israel ryatumye ubuyobozi bw’ingabo z’iki gihugu buzisaba kuba ziretse gutangiza ibitero simusiga kuri Gaza, hirindwa imbogamizi zakururwa imvura nyinshi. N’ubw...
Ikigo nyafurika kigisha imibare na siyansi( AIMS-Rwanda) ku bufatanye n’ikigo cy’Abongereza gishinzwe ibarurishamibare, REMA, RBC na MINEMA, bagiye gutangira gusuzuma ingaruka imihindagurikire y’ikire...
Abahanga bavuga ko inkongi ziri kwaduka hirya no hino ku isi muri iyi myaka ari intangiriro y’ibyago bizagera ku bantu niba batagabanyije mu buryo bufatika ibyuka bihumanya bohereza mu kirere ikiremwa...
Ubuyobozi bw’ingabo z’Amerika bwahaye uburenganzira indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-22 ngo zigurukire mu kirere gituranye n’Uburusiya mu rwego rwo kububuza gukomeza kukivogera. Umuyobozi mukuru m...
Nyuma yo kubona ko indege 10 z’intambara z’Ubushinwa zamaze kototera ikirere cyayo, Taiwan nayo yahagurikije indege z’intambara. Byabaye nyuma y’uko indege z’Ubushinwa zari zamaze kurenga umurongo Tai...









