Ikigo kitwa CubeSat cy’abanya Repubulika ya Tcheque kiri gukora icyogajuru cy’u Rwanda kizoherezwa mu kirere mu mwaka wa 2026. Kizaba gishinzwe gukurura amakuru y’ibintu bitandukanye birimo n’ibireba ...
Abahinzi b’icyayi cy’u Rwanda bavuga ko umusaruro wacyo uri kugabanuka kubera izuba risigaye ryaka ari ryinshi kandi rigatangira kare rikanarangira ritinze. Umuyobozi wa Koperative y’abahinzi b’icyayi...
Ikigo cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kivuga ko mu gice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira 2024 ni ukuvuga hagati y’itariki ya 1 n’iya 10, henshi mu Rwanda hazagwa imvura nyinshi kurusha uko byari ...
Mu karere ka Rwamagana hubatswe icyuma cy’ikoranabuhanga kizajya gikusanya amakuru y’ibyogajuru mbere y’uko asesengurwa. Amakuru iki cyuma bita ‘teleport’ kizajya gikusanyiriza muri Rwamagana azajya a...
Mu gihe kiri imbere u Rwanda rugiye guhabwa miliyoni € 50 azatangwa n’Ikigega cy’Abataliyani gishinzwe kwita ku bidukikije kugira ngo azarufashe mu mishinga yarwo igamije iterambere ritangiza ibidukik...
Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari wa 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 9.7% ahanini bitewe n’uko ubukungu muri rusange bwongeye kuzanzamuka ariko cyane cyane n’...
Si inzara iterwa n’amapfa cyangwa iterwa n’imyuzure yangiza imyaka ndetse n’indwara z’ibyorezo byugarije abantu gusa bitewe n’imihindagurikire y’ikirere, ahubwo iki kibazo kigera no ku nyubako zagizwe...
Guverinoma y’u Rwanda ibicishije mu kigo cyayo gishinzwe ibyogajuru, Rwanda Space Agency, yasinyanye n’iya Pologne amasezerano y’ubufatanye muri uru rwego. Ni amasezerano yitezweho kuzamura ihanahana ...
Mu rwego rwo kurinda ko hagira ibisasu biva muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bikagwa mu Rwanda uwaba abirashe uwo ari we wese, u Rwanda rwateguye imbunda zibihanura; Ni icyemezo rwafashe nyuma y...
Taliki 16, Gashyantare, 2024, ibendera ry’u Rwanda ryazamuwe mu Kigo ASECNA gishinzwe ingendo zo mu kirere gisanzwe gikorera muri Congo Brazzaville. Ambasaderi Théoneste Murwanashyaka niwe wari uhagar...









