Mu Bufaransa, Espagne, Portugal, Ubutaliyani, Ubudage, Ubwongereza no mu bindi bihugu by’Uburayi haravugwa ubushyuhe budasanzwe bwatumye abaturage cyane cyane abageze mu zabukuru babura amahwemo. Ubus...
Abantu ibihumbi byinshi bahuriye mu mihanda y’i Teheran baje guherekeza bwa nyuma abajenerali n’abahanga ba Iran baherutse kwicirwa mu bitero Israel yagabye yo. Muribo harimo na Perezida wa Iran Mans...
Umuyaga udasanzwe kubera ibinyabutabire biwugize wibasiye abatuye Rwagati muri Iraq n’abatuye mu Majyepfo y’iki gihugu cyo muri Aziya. Abantu 1000 nibo bagaragayeho ibimenyetso byo guhumeka nabo ariko...
Guverinoma y’u Rwanda iri gutegura uburyo buhamye bwatuma iki gihugu kigira ahantu hagezweho ho guteranyiriza ibyogajuru, kubitegurira kujya mu kirere no kubyoherezayo bitekanye. Ni intego z’igihe kir...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Faustin Munyazikwiye uyoboye itsinda ry’Abatekinisiye b’u Rwanda n’abandi Banyarwanda bitabiriye Inama mpuzamahanga ya COP 29 iri kubera i Baku muri Azerbaijan avuga ko u Rwanda rura...
Bamwe mu bamotari bakorera mu Mujyi wa Kigali babwiye Taarifa Rwanda ko bahisemo kugura moto zikoresha amashanyarazi kuko zibinjiriza kandi ntizihumanye ikirere nk’uko Guverinoma y’u Rwanda yabigize u...
Imibare itangwa na Guverinoma ya Espagne ivuga ko imyuzure imaze iminsi muri iki gihugu yahitanye abantu 95 kandi ko uyu mubare ushobora kwiyongera. Ishobora kwiyongera kuko hari abantu bantu baburiwe...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo-Rwanda, kiravuga ko mu minsi ine ni ukuvuga guhera taliki 17, kugeza taliki 21, Ukwakira, 2024 hari ibice by’u Rwanda bizagusha imvura nyinshi cyane. Izi...
Kuva isi yabaho( bavuga ko hashinze imyaka miliyoni 485) ntiyigeze igira ubushyuhe nk’ubwo ifite muri iki gihe. Ndetse abahanga bavuga ko mu myaka yose imaze, umwaka wa 2023 ari wo yashyushye kurusha ...









